Kigali: Umugabo yafatiye umugore we mu gihuru asambana n’undi mugabo asigarana umwenda we w’imbere

Mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’Umugabo wafatiye umugore we mu gihuru asambana n’undi mugabo asigarana umwenda we w’imbere nyuma yuko uyu mugabo amubwiye ngo “Ntuturogoye”.

Ibi byabaye mu ma saa mbili z’ijoro ubwo umugabo witwa Nzabandora utuye mumurenge wa Bumbogo akagari ka Ngara umudugudu wa Ruhinga yageraga mu rugo iwe agasanga umugore we Uwiragiye Shadia atari murugo hari abana gusa.

Uyu mugabo abajije aho umugore we ari, bahise bamubwira ko batazi aho yagiye, maze yigira inama yo kujya gushakisha aho yaba aherereye azenguruka aho yacyekaga ko yaba ari araheba.

Nibwo yerekezaga epfo mu birombe by’amabuye y’agaciro atungurwa no kuhasanga abantu bambaye uko bavutse.

Uwo mugabo wasambanyaga Uwiragiye akibona Nzabandora yagize ati: “Ntuturogoye!!”

Umugabo yakubiswe n’inkuba abonye ko uwo atagomba kurogoya ari umugore we wataye imyambaro ye ku gasozi.

Uyu Nzabandora aganira na tv1 dukesha iyi nkuru yagize ati: “Namusanze amwicaye hejuru kandi bambaye ubusa akinkubita amaso arambwira ngo ‘Boss, ntuturogoye’, ariko nkomeza kumwegera aransunika ngwa hirya, atora imyenda ye maze yiruka amanuka mu manga n’ubusa buriburi, abantu bose bamubonye”.

Akomeza avuga ko “Umugore yahise asigara aho yambaye ubusa turebana imbona nkubone mpita mfata akenda ke k’imbere nk’ikimenyetso ndakuka cy’amarorerwa umugore wanjye akora. Dore ngaka!”

Yongeraho ko ntawabamweretse ahubwo we ubwe yabifatiye.

Ni mugihe uyu mugore Uwiragiye Shadia avuga ko ntacyemeza ko uyu Nzabandora ari umugabo we.

Yongeraho ko ikimutera kumuca inyuma ari uko atabasha kunoza inshingano zo mu buriri nk’uko we aba abyifuza, bityo akaba amufata nk’abandi bagabo bose aryamana nabo cyane ko ntawe uramwerekana iwabo, dore ko ngo bataziko afite umugabo kandi nyamara amaze kubyara kabiri (2).

Yongeraho ko abo bana bose nta numwe wa Nzabandora urimo kandi ariwe babana.

N’agasuzuguro kenshi avuga ko azajya aha uwo ariwe wese abonye! Ashimangira ko kubana n’uyu mugabo abifata nkamaburakindi abigereranya n’uwagiye guhaha akabura ibyo yashakaga akarutwa nutagiyeyo!

Uyu mugore kandi yiyemerera ko yafashwe n’uwiyita umugabo we ariko ko nta kibi yakoze kuko yatangaga ibye amubwirako nawe azajya ahandi hose yifuza kuko ubugabo bwe ntabwo aba yajyanye.

Nzabandora yahise asenda umugore we mu ruhame ariko aba nk’uworosoye uwabyukaga.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *