Ntiwiragabo wahoze ari Umusirikare Mukuru mu Ngabo z’u Rwanda aridegembya mu Bufaransa kandi rwarasabye ko atabwa muri yombi.

Uwahoze ari Umusirikare Mukuru mu Ngabo z’u Rwanda ku butegetsi bwa Habyarimana Juvénal unashinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aridegembya mu Bufaransa mu gihe u Rwanda rwasabye ko yoherezwa kuburanira aho yakoreye ibyaha.

Aloys Ntiwiragabo ari mu batari bake bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi baba mu Bufaransa.

Yasabye ubuhungiro arabwimwa ku mpamvu zifitanye isano n’ibyaha akekwaho ariko ntihagira igikorwa ngo abe yakurikiranwa.

Amakuru ya IGIHE avuga ko kugeza ubu Ntiwiragabo atuye muri Orleans mu Majyepfo y’u Bufaransa.

Mu 2020 ngo u Rwanda rwandikiye u Bufaransa busaba ko yakoherezwa mu gihugu ndetse yashyiriweho n’impapuro zo kumuta muri yombi na Polisi Mpuzamahanga (Interpol) ariko ntibyakorwa.

Ntiwiragabo ashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi no kuba umwe mu bacurabwenge bayo cyane ko mu 1993 yari akuriye ubutasi mu gisirikare cy’u Rwanda ndetse akaba n’Umugaba w’Ingabo wungirije.

Kugeza ubu akurikiranyweho ibyaha birimo ibyibasiye inyokomuntu, ari no mu bashinze umutwe w’iterabwoba wa FDLR akanawuyobora.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *