Kigali: Umugabo yatabawe amaze kwiroha muri Nyabarongo nyuma yo gufata umukunzi we ari gusambana n’undi mugabo

Umugabo ukomoka mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo, yatabawe n’abantu bari hafi ya Nyabarongo ubwo yari amaze kwinagamo kubera agahinda gakomeye yatewe n’umukunzi we bagombaga gusezerana mu kwezi gutaha yafashe ari gusambana.

Uyu mugabo w’imyaka 42, yarize ayo kwarika nyuma yo gusanga umukobwa bakundanaga banateganyaga kubana aryamanye n’undi mugabo muri Lodge, bituma ashoka iya Nyabarongo yirohamo, ku bw’amahirwe abantu bari hafi baratabara.

Abatangabuhamya babwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko uyu mugabo akimara gusanga umukunzi we yikingiranye mu icumbi riherereye mu murenge wa Gatsata, yahise ata ubwenge ajya kwiroha mu mugezi wa Nyabugogo ariko baramutabara.

Uwitwa Mutuyimana Clement yagize ati: “Yaje yegera ku cyumba umukunzi we yarimo n’undi mugabo noneho aramuhamagara telefone ye icamo undi yanga kuyitaba noneho atangira kumukomangira amubwira ko ari we ngo amukingurire, umukobwa ahita ayizimya”.

Yongeyeho ko uyu mugabo umukunzi we amaze kwanga kumwitaba kuri telefone, yatangiye guteza amahane maze abakozi bo muri iryo cumbi baramusohora, yerekeza mu gishanga.

Uwo mugabo akigera ku mugezi wa Nyabugogo, yinazemo ngo yiyahure ku bw’amahirwe abasore bari ku nkengero z’uwo mugezi bahita boga baramurohora.

Amaze kurohorwa, yahise ajyanwa ku Bitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUK kwitabwaho n’abaganga.

Nkuko iki kinyamakuru cyabitangaje, ahagana saa Cyenda z’amanywa zo kuwa Gatanu tariki ya 6 Nzeri 2019, nibwo uyu mugabo yasanze umukunzi we bateganyaga kubana mu Ukwakira uyu mwaka, ari mu nzu zicumbikwamo (Lodge) ari kumwe n’undi mugabo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *