Kigali: Umukozi wa banki wasambanyije umwana yatawe muri yombi nyuma y’amezi 8 yihishahisha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umukozi wa banki ikorera mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko ndetse akanamutera inda.

Uyu mukozi yafashwe ku wa Gatandatu, tariki ya 12 Gashyantare 2022. Yahise ajya gufungirwa kuri Sitasiyo ya RIB ya Remera.

Yari amaze amezi asaga umunani yihishahisha kuko icyaha akekwaho cyo gusambanya umwana w’umukobwa yagikoze tariki ya 1 Kamena 2021 nkuko inkuru ya IGIHE ikomeza ibivuga.

Amakuru y’ibanze yerekana ko iki cyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Kagara, Akagari ka Nyabisindu, Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo.

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yabwiye kiriya gitangazamakuru ko uwafashwe ari gukorerwa dosiye kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha.

Yakomeje agira ati: “RIB iributsa abaturarwanda ko itazihanganira uwo ariwe wese ukora icyaha cyo gusambanya umwana”.

“RIB irakangurira abantu gukomeza gufatanya na yo batangira amakuru ku gihe kugira ngo iki cyaha tugihashye gicike burundu’’.

Mu gihe uyu mugabo yaba ahamijwe icyaha akurikiranyweho yahanishwa ingingo ya 4 y’itegeko Nº69/2019 ryo ku wa 08/11/2019 rihindura Itegeko N068/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange. Iteganya igifungo kitari munsi y’imyaka 20 ariko kitarenze 25.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *