Dore amayeri akomeye cyane abasore basigaye bakoresha kugirango binjize abakobwa mu buriri bwabo bitabagoye. Ntuzagwe mu mutego!

Abahanga mu bijyanye n’imitekerereze ya muntu bagaragaza ko umusore ushaka gukora imibonano mpuzabitsina nta cyamutangira akora ibishoboka byose ndetse agashyiramo n’ibinyoma byinshi bitandukanye kugira ngo aryamane n’uwo ashaka.

Ubushakashatsi bwerekana ko abakobwa benshi bagiye bagwa mu mutego wo kuryamana n’abasore atari uko bari babigambiriye ahubwo ari uko abasore bababwiye ibinyoma bakabyizera bagashiduka baryamanye na bo.

Aha rero hari amagambo abasore bakunda gukoresha babwira abakobwa kugirango babemeze ko bataryamana na bo kandi ahubwo ari cyo kibagenza:

Ndacyari imanzi: Nibyo rwose nta wubihakanye ko hari abasore birinda gukora imibonano mpuzabitsina bakazategereza igihe nyacyo, ariko hari n’ababeshya ko ari imanzi kugirango biyegereze abakobwa.

Bakunda gushukisha abakobwa b’amasugi ko na bo ari imanzi kugirango bombi biyumvanemo bityo bizanaborohere kubagusha mu mutego wo gusambana.

Naragusengeye kugirango duhure: Uyu mutego abakobwa b’abakristo bakunze kuwugwamo, ntabwo ari uko yagusengeye koko ahubwo aragirango akwereke ko ahora mu mwuka nkawe.

Ukuri rero ni ko ashobora no kuba atazi kuvuga isengesho rya Data wa Twese uri mu ijuru arashaka ko umwizera bityo bimworohere kukugusha mu mutego wo kuryamana na we.

Ntabwo nzaryanama nawe mbere y’uko dushyingiranwa: Igitekerezo cy’iki kinyoma ni ukugira ngo wemere ko mu by’ukuri atazaryamana nawe mbere, wiyumvishe ko ari urukundo n’ubusabane gusa.

Ariko ndakubwiza ukuri ubihe amezi abiri cyangwa atatu, azatangira kuguhatira gukora cya kintu yabeshye ashaka.

Mfite amafaranga menshi rwose ntacyo uzamburana: Baca umugani mu Kinyarwanda ngo ingunguru zirimo ubusa nizo zirangira.

Nta musore ukize rwose uba ushaka gushyira imbere ubutunzi bwe imbere y’umugore kugira ngo amushimishe, iyo rero umugabo atangiye kukubwira ku mafaranga yinjiza, aba agerageza kukwica mu mutwe kugirango azabone uko akugeza mu buriri bwe.

Nyuma yo kumva ibi rero genzura neza urebe ko umusore mukundana adashaka ko muryamana gusa maze wirinde ejo utazaririra mu myotsi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *