Kigali: Umusore yaguwe gitumo amaze kwiba akenda k’imbere k’umugore w’abandi, abaturage bagwa mu kantu.

Umusore wo mu Kagari ka Karembure mu Murenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, yaguwe gitumo amaze kwiba imyaka mu murima w’umuturage n’imyenda yari amaze kwanura ku mugozi irimo n’akenda k’imbere k’abagore.

Bamwe mu bafashe uyu musore ari kwanura imyenda babwiye IGIHE ducyesha aya makuru ko batunguwe n’uburyo mu yo yibye harimo n’akenda k’imbere k’abagore kandi kambawe.

Bavuga ko yabanje kujya mu murima w’umuturage yibamo imyumbati, ahita yinjira no mu rugo yiba n’iforomo babumbisha amatafari abona kwanura imyenda yasanze yanitse ku mugozi muri urwo rugo.

Uyu musore akimara gufatwa, yabanje guhakana ko ariwe wibye ariko barebye mu gikapu yari afite basangamo imyenda y’abagore biba ngombwa ko bamusaba kuvuga aho yagurishije ibindi yari yatwaye kugira ngo bajye kubigaruza.

Uwitwa Uwiduhaye Claude yavuze ko uyu musore yanuraga akantu kose yabonye ku buryo hari n’igihe yiba n’inkoko.

Yagize ati: “Namwiboneye ubwanjye ari kugurisha iyo foromo hano haruguru. Ikindi si ubwa mbere kuko yigeze no gufatwa yibye inkoko agiye kuyigurisha”.

Umugore wari wibwe imyaka n’imyambaro irimo akenda k’imbere wanze ko amazina ye atangazwa, we yavuze ko yifuza ko yishyurwa ibintu byose uyu mugabo yamwibye.

Ati: “Ndashaka ko anyereka aho yagurishije ibintu byanjye kuko bamufashe ari kugurisha n’iforomo yanjye. Numijwe no kubona ibyo yatwaye, umuntu wiba n’ikariso koko?”

N’ubwo uyu musore abamufashe bavuga ko yarimo kwiba no kugerageza kugurisha ibyo yari amaze gucucura abaturage, we yabihakanye.

Nyuma yo kumufata bamujyanye ku Biro by’Akagari ka Karembure kugira ngo yishyure ibyo ashinjwa kwiba.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *