Igiti kirimo imyuka y’abakuru cyateje impagarara mu nteko ishinga amategeko, ba nyiracyo baraba Leta akayabo ngo gitemwe

Imirimo yo kubaka umuhanda uhuza akarere ka Mpigi n’Umujyi wa Kampala, yahagaze mu buryo butunguranye kubera igiti bivugwa ko kirimo imyuka y’abakuru kiri aho wagombaga kunyura.

Ni ibyatangajwe na Minisitiri wa Uganda w’umurimo n’ubwikorezi, Gen Katumba Edouard Wamala, ubwo yari yitabye inteko ishinga amategeko ngo mu rwego rwo gutanga ibisobanuro ku mishinga imwe n’imwe yagiye idindira.

Gen Katumba yabwiye inteko ishinga amategeko ya Uganda ko nk’imirimo yo kubaka umuhanda Mpigi-Kampala yadindiye,

Avuga ko impamvu ari ukubera ko hari umuryango uri gusaba Leta ya Uganda miliyoni 500 z’amashiringi (arenga Frw miliyoni 176) zo gushimisha abakuru, kugira ngo igiti kiri mu gace utuyemo gitemwe imirimo yo kubaka ibone ubwakomeza.

Gen Katumba yavuze ko Leta ya Uganda yahaye uwo muryango miliyoni 150 z’amashiringi (Frw miliyoni 42.5) kugira ngo igiti gitemwe, gusa abawugize bavuga ko atashimisha imyuka y’abakuru.

Ati: “Ntidutwara ubutaka tudatanze ingurane. Urugero ni igiti kiri ku muhanda munini Mpigi-Kampala aho ubwoko bumwe bwavuze ko imyuka yabwo yose iri muri icyo giti”.

“Bari gusaba miliyoni 500 z’amashiringi kandi ntidushobora gukomeza. Bahawe miliyoni 150 z’amashiringi baravuga ngo ntiyashimisha imyuka”.

Gen Katumba yavuze ko imirimo yo kubaka uyu muhanda izasubukurwa ari uko ba nyiri kiriya giti bahawe ingurane.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *