Kigali: Wamusore wateye akabariro abaturanyi bagahurura yahishuye ibyamubayeho

Umusore utuye mu Murenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge, wakoze imibonano mpuzabitsina abanje kunywa ikinini cyongera ubushake kizwi nka Viagra bituma abaturanyi bahurura bazi ko ari gufata ku ngufu umukobwa bari bari kumwe.

Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 6 Ukuboza 2021 ndetse ahita asabwa gukingura inzu ye kugira ngo barebe ko uwo bari kumwe mu cyumba ari umwana uri munsi y’imyaka 18 nyuma yo kumva ari gutaka cyane bagakeka ko ari kumufata ku ngufu.

Icyo gihe, nyir’inzu uyu musore acumbitsemo yanze kubyihanganira, ahita amuha iminsi 15 yo kuba yamuviriye mu nzu ngo atazongera kubangamira abaturanyi be.

Uyu musore yemeje koko ko hari umukunzi we bari bamaze igihe kinini batabonana wamusuye baraganira bahuza urugwiro.

Yemeza ko amakimbirane yari afitanye na bamwe mu baturanyi be ariyo yatumye bahuruza abaturage ubwo yari mu cyumba n’umukunzi we.

Ubwo yaganiraga na IGIHE ducyesha iyi nkuru, uyu musore yagize ati: “Igipangu mbamo kibamo abagore bagira amagambo menshi kandi b’injajwa cyane, iyo nsuwe bose barasohoka bakicara imbere y’urugi sinzi icyo baba bashaka yewe hari nubwo baza ku idirishya kunyumviriza; hari n’uwo nafashe turaserera cyane”.

Yongeyeho ko ku bwe asanga yarahohotewe nyuma y’aho abantu bamusabiye gukingura urugi bakeka ko ari gusambanya umwana bagatungurwa no gusanga uwo bari kumwe ari n’umubyeyi ubyaye gatatu.

Ati: “Ko bahuruje abantu bakazana na za DASSO bavuga ngo ndi gusambanya umwana kubera ngo urusaku bumvaga bashaka ko mfungwa bagasanga uwo turi kumwe ahubwo anduta bakadukura muri ‘mood’ twarimo wowe urumva batarampohoteye?”

Ashimangira ko abagore baba mu rugo rumwe bamugirira ishyari ishyari kuko hari mugenzi wabo yanze ko bakundana ku buryo banamwangishije nyir’inzu bituma amusaba gushaka indi nzu.

Ati: “Nibyo yampaye iminsi 15 yo kuba navuye mu nzu ye ngo arambiwe ubusambanyi bwanjye kuko bamugiye mu matwi bamwumvisha uburyo ngo ndi indaya ngo nakwigisha abana babo imico mibi aranyirukana, ubu rwose namaze no kubona indi nzu”.

Uyu musore wirinze kuvuga cyane ku mukunzi we yemeje koko ko yari yanyoye Viagra kugira ngo ashimishe umukunzi cyane ko bitanabangamira umukunzi we.

Viagra ubusanzwe ni umuti ukunze kwandikirwa abarwayi bafite ikibazo cy’ukugabanuka kw’ingufu zo gutera akabariro cyane cyane ababiterwa n’ingaruka z’indwara nka diabète, umuvuduko w’amaraso n’izindi.

Inzobere mu buzima zigaragaza ko gukoresha uwo muti utawandikiwe na muganga bishobora gutera ingaruka zirimo kongera umuvuduko w’amaraso no kuba umutima wahagarara.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *