Koffi Olomide wari witezwe na benshi yananiwe kwuzuza Kigali Arena, avuga Ikinyarwanda, ashimira Perezida Kagame.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu ku ya 4 Ukuboza 2021 nibwo Koffi Olomide uri mu bahanzi b’ibyamamare ku yakoreye igitaramo cy’amateka muri Kigali Arena.

Uyu muhanzi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukunzwe cyane mu njyana na Rhumba, yanashimiye Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kubera ibyiza yagejeje ku banyarwanda.

Nubwo iki gitaramo cyabanje kuvugisha benshi, ubwitabire bwacyo bwatunguranye kuko bwari ku rwego rwo hasi ugereranyije n’ibindi bimaze iminsi bibera muri Kigali Arena.

Nubwo waba umenyereye kubeshywa byinshi ntihazagire ukubeshya ko Koffi yujuje Kigali Arena cyangwa ko rumba yafashe umujyi.

Bitewe n’izina afite muri muzika n’imyaka ayimazemo biragoye kwumva ukuntu igitaramo cya Koffi i Kigali kibura abantu ibihumbi 5 bacyitabira kuko aribo bemerewe kuri ubu kwinjira muri Kigali Arena.

Igisubizo ntahandi wagishakira ni hagati y’imitegurire itaragenze neza kuri kompanyi ya Intore Entertainment, abagore bashegeye kugihagarika bikanga cyangwa amafaranga yatangiye gushira mu banyabirori b’i Kigali.

Kubera gutegereza abafana binjira muri iki gitaramo byatumye bigera ku isaha ya saa mbiri z’ijoro nta muhanzi urakandagira ku rubyiniro.

Ku isaha ya saa mbiri na 15 (20h15’) nibwo umuhanzi wa mbere ariwe Chris Hat yahamagawe ku rubyiniro maze asusurutsa abari bamaze kwinjira muri Arena mu ndirimbo ze eshatu.

Uyu musore akiva ku rubyiniro Ange umulisa wari uyoboye iki gitaramo yahise asaba Dj Mupenzi kubanza gususurutsa bake bari muri Arena byagaragaraga ko bakonje mbere yuko ahamagara undi muhanzi.

Ahagana saa tatu zibura iminota mikeya nibwo Yvan Buravan yageze ku rubyiniro nyuma akurikirwa na King James wongeye kugaragaza ko ari mu bahanzi bafashe imitima ya benshi.

Ku isaha ya sa saa yine zibura iminota mikiya nibwo Koffi Olomide yahamagawe ku rubyiniro maze abanzirizwa n’ababyinnyi be.

Uyu musaza w’imyaka 65 y’amavuko, yahereye ku ndirimbo zigenda buhoro ari nako Bana Nzambe bazi ururimi rw’Ilingala bamufasha kuziririmba.

Yavuze ko yishimiye gutaramira mu Rwanda agereranya na Paradizo. Yasabye abari bitabiriye iki gitaramo kumufasha gushimira Perezida Kagame ku bw’ibyo amaze kugeza k’u Rwanda.

Yakomeje avuga ko yifuza ko igihugu cye, RDC, n’u Rwanda bikomeza kubana neza mu mahoro. Ati “Ni ngombwa ko ibihugu byacu bibaho mu mahoro”.

Koffi yaririmbye nyinshi mu ndirimbo ze yaba izo mu bihe bya kera n’iza vuba, ku isaha ya saa tanu zibura iminota 4 nibwo yavuye kurubyiniro asezera agira ati “Murakoze Kigali, ndabakunda”.

Iki gitaramo kikaba mbere yo kuba hari abari batangije ubukangura mbaga ko kitaba bitewe n’ibyaha uyu muhanzi akurikiranyweho byo guhohotera abagore, rero bakaba bumva u Rwanda nka kimwe mu bihugu byashyize imbere kurwanya ihohoterwa rikorerwa igitsina gore batagahaye umwanya umunhanzi nka Koffi Olimide, gusa byaje kurangira kibaye.

Mbere y’uko umuhanzi Koffi Olomide agera ku rubyiniro, yabanjirijwe n’itsinda ry’ababyinnyi be, babyinnye maze abantu barizihirwa.

Saa 22:00’ nibwo umuhanzi wari utegerejwe na benshi, Koffi Olomide yageze ku rubyiniro yakiranwa amashyi menshi ubona ko yari ategerejwe na benshi.

Uyu mwami wa Rhumba yaririmbye indirimbo ze zirimo ‘Rond Point’ yahagurukije benshi, ageze kuri ‘Waaah’ yakoranye n’umuhanzi Diamond Platnumz biba ibindi bindi.

Koffi Olomide yaririmbye imwe mu ndirimbo ze zo hambere yitwa ‘Loi’, akomereza kuri ‘Selfie’ yahagurukije n’iyonka bitewe n’uburyo iyi ndirimbo yamenyekanye nka ‘Ekotite’ yakunzwe cyane, bamufashije kuyibyina.

Yakomeje gususurutsa abantu mu ndirimbo ze zitandukanye asoza ashimira abitabiriye iki gitaramo mu rurimi rw’ikinyarwanda ati “Murakoze Kigali Ndabakunda.”

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *