Menya Ibibazo abasore b’I Kigali basigaye babaza abakobwa bigatuma ako kanya bahita bifuza ko baryamana

Hari amayeri menshi akoreshwa n’abagabo cyangwa abasore bakaba babasha kuganza ibyiyumviro by’abakunzi babo bifashishije kubaza ibibazo bisa n’ibirimo imitego n’amafiyeri umukobwa cyangwa umugore atapfa gutahura bikarangira ashaka ko baryamana mu buryo na we atazi.

Abahanga mu by’imitekererezo bavuga bimwe mu bibazo bishobora kubazwa n’uw’igitsina gabo bikaba nk’uburozi mu mutwe w’umuntu w’igitsina gore.

Dore Ibibazo Ibibazo umusore/umugabo ashobora kubaza umukobwa/umugore bigatuma ahita yifuza ko baryamana ako kanya:

Wigeze ufata icyemezo cyo gusoma umusore ubitewe n’uko wowe wabyishakiye?

Abagabo benshi batekereza ko aribo bagira amashagaga yo gusaba abagore nyamara n’abagore/abakobwa ubwabo barabyishakira. Iki kibazo rero gituma umukobwa atangira gushaka gukora ibintu nk’ibyo.

Uramutse uhawe amahirwe yo kubona umugabo utambaye bwa mbere, ni he wakwifuza kureba?

Iki kibazo kiza gisa n’urwenya ariko iyo umukobwa yanze kugisubiza umusore ashobora kumusaba gukoresha ibimenyetso by’amaboko agakora aho yahisemo.

Ahantu h’ibanga ushobora gukora ku muhungu agahita ashaka ibintu ni he?

Iki kibazo gituma umukobwa ahindukira ahubwo akakubaza utubazo twinshi tujyanye n’ibyiyumviro byawe by’imyanya y’ibanga. Ibi bituma agenda abishaka gacye gacye.

Wambara iki iyo ugiye kuryama?

Iki kibazo gituma umukobwa atekereza uko aba yambaye kandi akenshi bigahura no guhita atekereza utwambaro dukurura abahungu cyane akunda kwambara iyo agiye kuryama.

Ese ni akahe kambaro uraramo kakurutira indi yose?

Umukobwa ubajijwe iki kibazo atangira kwiyumvisha ko umusore atewe ishema no kuba umukobwa yambara akambaro kamukurura.

Ese wigeze ubona (bikugwiririye cg wabigambiriye) abakunzi bambaye ubusa?

Iki kibazo gituma umukobwa arushaho gushushanya isura we n’umukunzi we baba bafite mu gihe bambaye nk’uko.

Ese ni he ku mubiri wawe hagutera kwifuza kubonana n’umuhungu kurusha ahandi?

Umukobwa asubiza iki kibazo agira ngo mu gihe muzaba muryamanye umusore azamenya aho amukora habasha kugeza ibyishimo bye ku ndunduro. Bituma umukobwa ashushanya uko igikorwa kizamera.

Hari icyo ubutumwa bugufi (sms) bushobora kuguhinduraho ku bijyanye n’ibyiyumviro byawe?

Aha, umukobwa atangira kwibaza utu sms twiza ajya yakira kandi akenshi koko abagore cg abakobwa bakunda ubutumwa bugufi. Musore, uzarebe muri terefoni y’umukunzi wawe uzambwira icyo uzasangamo.

Ese ubona imibonano mpuzandimi (oral s3x) byagushimisha?

Aha umusore ntiyita ku gisubizo ahabwa ahubwo icyo aba agambiriye ni ukwinjiza umukobwa mu ntekerezo z’ibishobora gukorwa mu gihe baryamanye.

Urashaka ko ngusoma?

Birashoboka cyane ko nyuma y’iki kibazo umukobwa yahita asoma umusore.

Ese ubu nanjye mfite umusatsi byambera? Cyangwa ….?

Umukobwa atangira kwishakamo isura y’umusore afite umusatsi cyangwa ntawo afite. Ibi kandi bikunda kujyana n’uko umusore aba akorakora mu musatsi w’umukobwa.

Ni iki nakora ngo ubashe kujya muri mood (ubushake)?

Amazi yatembye ubu yageze kure. Hano umukobwa aba yamaze kubishaka pe!

Ese ibyo twaganiye byaguteye kwifuza gukora imibonano?

Niba nta kintu kinini umukobwa yahindutseho, uyu niwo mwanya mwiza umusore akoresha wo gutangira gukora ku bice bitandukanye by’umubiri w’umukobwa.

Twasomana?

Noneho se nagukoraho nta kibazo?

Ubwo nawe urumva ko igikorwa kiba kiri bugufi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *