Hagaragajwe uko Ibihano byafatiwe u Burusiya bizagira uruhare rukomeye mu kugwa k’Ubukungu bwa Ukraine ku kigero cya 45,1%

Banki y’Isi yatangaje ko muri uyu mwaka biteganyijwe ko ubukungu bwa Ukraine buzamanuka ku kigero cya 45,1% bitewe n’ingaruka z’intambara yagabweho n’u Burusiya.

Ku Cyumweru tariki 10 Mata 2022 nibwo Banki y’Isi yashyize hanze imibare igaragaza ingaruka z’intambara yo muri Ukraine ku bukungu bw’iki gihugu ndetse n’ubw’Isi muri rusange.

Muri iri tangazo iyi banki yavuze ko ureste kuba iri hungabana ry’ubukungu bwa Ukraine rizaterwa n’imwe mu mirimo y’ubukungu yahagaze kubera iyi ntambara, n’ibihano amahanga yafatiye u Burusiya bizarigiramo uruhare.

Muri ibi bihano harimo ibigena ko amabuye ya Coal akomoka mu Burusiya atazongera kugira aho yoherezwa mu mahanga.

U Burusiya bwoherezaga ayo mabuye afite agaciro ka miliyari 8€ ku mwaka, ibivuga ko umutungo wa banki enye z’u Burusiya ufatirwa, aho ungana na 23% by’umutungo wose wa banki z’iki gihugu.

Ibindi bihano bireba ingendo kuri sosiyete zo mu Burusiya no muri Belarus ko zitemerewe kugera muri EU.

Magingo aya, u Burusiya ni cyo gihugu cyafatiwe ibihano byinshi mu mateka y’Isi aho bimaze kurenga 6000.

Iyi banki yavuze ko izi ngaruka zose zizatuma ubukungu bwa Ukraine bugwa ku kigero cya 45,1%, gusa ngo iyi mibare ishobora guhinduka bitewe n’igihe iyi ntambara izamara ndetse n’ibindi byemezo by’ubukungu bishobora kugenda bifatwa.

Umuyobozi wungirije wa Banki y’Isi mu Burayi, Anna Bjerde yagize ati “Gushoza intambara k’u Burusiya kuri Ukraine byateye icyuho kinini mu bukungu bwayo ndetse byangiza bikomeye ibikorwa remezo

Banki y’Isi yakomeje igaragaza ko uretse Ukraine, iyi ntambara izanagira ingaruka ku bukungu bw’ibihugu by’u Burayi birimo Latvia, Romania, Bulgaria, Repubulika ya Tchèque , Hongrie, Slovenia na Slovakia, aho buzagwa ku kigero cya 4,1%. Ibi ni nako bizagenda ku bihugu byo muri Aziya yo hagati.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *