Minisitiri Abiy Ahmed yashyize ahabona amashusho ye ayoboye urugamba.

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed yashyize hanze amashusho amugaragaza ayoboye ingabo za Leta ku rugamba zihanganyemo n’imitwe yitwaje intwaro yihuje irimo TPLF uharanira ubwigenge bwa Tigray na OLA wa Oromo.

Muri iyi videwo y’umunota 1 n’amasegonda 21 iri kuri Twitter ye, Minisitiri Abiy wavuye mu gisirikare afite ipeti rya Lieutenant Colonel agaragara amanuka imisozi, yashyize icyombo (radiyo) ku gutwi, akikijwe n’abandi basirikare.

Avuga ko ingabo za Leta zigaruriye ibirindiro by’ingenzi kandi zigomba kubohora udusigaye mu maboko y’iyi mitwe yitwaje intwaro.

Ati: “Uyu musozi mubona inyuma ni agace k’umusozi kari ibirindiro bikomeye by’umwanzi kugeza ejo. Ubu twamaze kwigarurira aka gace mu buryo bwuzuye, morali mu basirikare bacu iri hejuru, intambara turi kuyitsinda cyane”.

Yakomeje ati: “Ubu twafashe Kasagita. Uyu munsi turafata Chifra na Burka. Turakomeza kugeza igihe Ethiopia yose izabohorerwa”.

“Icyo dushaka kubona ni Ethiopia imeze neza kubera ibitambo byacu-kuba umunya-Ethiopia cyangwa se kuba Ethiopia. Dufite icyizere ko tuzabigeraho binyuze mu ntsinzi”.

“Abaturage bacu baturi inyuma, abavandimwe bacu ba Ethiopia bari gukora ibishoboka byose kugira ngo amajwi yabo yumvikane”.

Tariki ya 24 Ugushyingo 2021 ni bwo Abiy Ahmed yatangaje ko agiye kwiyoborera urugamba, arahirira gutahukana intsinzi. Ku nshingano ya Minisitiri w’Intebe, yahasize by’agateganyo uwari umwungirije.

Kuva yagera ku rugamba, biravugwa ko morali mu basirikare ari yose, icyizere cyo gutsinda iyi mitwe yitwaje intwaro yasatiraga umurwa mukuru Addis Ababa cyiyongereye, batangira kwigarurira uduce tumwe na tumwe.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *