Umugabo yafunzwe imyaka 22 yose arengana asohotse ahita aba umuherwe nyuma yo guhabwa arenga miliyari 22 Frw.

Uyu mugabo wamaze imyaka 22 afungiwe icyaha atigeze akora, yarashyize asohoka muri gereza ndetse asohokanamo akanyamuneza kadasanzwe.

Uyu mugabo ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwa Eddie Bolden yakatiwe mu 1994 nyuma yuko yari amaze guhamwa n’icyaha cyo kwica abantu babiri kandi arengana uyu yaje kurekurwa ndetse ahita ahabwa akayabo k’amafaranga yifuzwa na benshi ku isi.

Nyuma yuko bigaragaye ko uyu mugabo arengana umucamanza yahise ategeka ko bamuha impozamarira ingana na miliyoni 22 z’amadorali.

Bolden warekuwe mu mwaka wa 2016, uyu yahise ahabwa urupapuro rwemeza ko ari inzirakarengane ndetse agomba guhabwa impozamarira yuko yafunzwe igihe kingana gutyo azira ubusa.

Akimara gusohoka muri gereza umucamanza yategetse umujyi wa Chicago kwishyura bolden miliyoni 22 z’amadorali (miliyari 22 Rwf) ndetse kandi ategeka abagenzacyaha babiri bamushinje ibyaha nabo kumwishyura ibihumbi 10 by’amadorali (miliyoni 10 Rwf).

Ubwo yafungwaga Bolden yashinjwaga kwica abana babiri umwe w’imyaka 23 nuwa 24, uwaburaniraga Bolden ntiyigeze ava kubintu kuko yakomeje kugaragaza ko umukiliya we afunzwe azira ubusa kuko Police nta bimenyetso bifatika yatanze bigaragaza ko uyu Bolden yari mu bucuruzi bw’ibiyobyabwenge bwatumye aba bana bapfa.

Uyu ntiyagarukiye aho kuko yakomeje ashinja abacamanza gukorera ivanguraruhu umukiliya we akaba ari imwe mumpamvu fatizo zituma umukiliya we afunzwe arengana.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *