Mu mafoto, Reba ubwiza bw’indege Perezida Kagame agendamo. Amafoto

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Conakry muri Guinea, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rugamije kurushaho gutsura umubano w’ibihugu byombi.  

Perezida Kagame wari ukubutse muri Senegal, yakiriwe na Perezida wa Repubulika ya Guinea Mamadi Doumbouya ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cyitiriwe Ahmed Sékou Touré. 

Abakuru b’Ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byabereye mu muhezo, bikaba byibanze ku kurushaho kunoza ubutwererane bukomeje gutanga umusaruro mu nzego zinyuranye zirimo ikoranabuhanga, ubucuruzi n’ishoramari.  

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Guinea byasabye abayobozi batandukanye kugira uruhare mu kwakira no guha ikaze Perezida Kagame mu cyubahiro kimukwiriye. 

Urwo ruzinduko rwa Perezida Kagame muri Guinea rubaye nyuma y’amezi make Perezida Mamadi Doumbouya na we agiriye uruzinduko i Kigali nk’ikimenyetso cy’ubushuti bukomeje kwaguka hagati y’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye. 

Uruzinduko Mamadi Doumbouya aheruka kugirira mu Rwanda rwabaye muri Mutarama uyu mwaka, aho yasize afunguye Ambasade y’Igihugu cye i Kigali, akanakurikirana isinywa ry’amasezerano yagamije kurushaho kwimakaza ubutwererane mu bya dipolomasi. 

Mu nzego ibihugu byombi bikomeje kwaguramo ubufatanye harimo urwo gusangira ubunararibonye mu guteza imbere ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ubutwererane mu rwego rw’ubukungu ndetse no mu birebana n’umutekano. 

Na none kandi mu mezi umunani yabanjirije urwo ruzinduko, Perezida na we yasuye Mamadi Doumbouya ari na rwo ruzindukpo rwa mbere Perezida Kagame yari agiriye muri icyo gihugu nyuma ya kudeta yabaye muri Nzeri 2021. 

Aya mafoto agaragaza indege nziza Perezida Kagame agendamo ndetse nuko yakiriwe mu muco w’abanya Guinea. 

Mu yandi makuru agezweho, Yvonne Manzi Makolo, Umuyobozi Mukuru wa RwandAir, mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ‘Bloomberg’ yavuze ko ari ikintu cy’ingenzi gukorana n’Isosiye ya Qatar kuko ngo hari amahirwe ku bihugu byombi byumwihariko ku ngingo ijyanye n’ubucuruzi. 

RwandAir ikorana na Qatar mu byerekeye n’ubwikorezi bwo mu kirere aho Qatar ifitemo imigabane byinshi ingana na 60%. 

Avuga ko habayeho imbogamizi zo gukereza ibyasabwe (Order) n’imbogamizi mu kohereza ibicuruzwa ariko hashakwa ibyuma bishya no gukemura ikibazo cya tekiniki akizera ko iki kibazo mu gihe cya vuba kizaba cyakemutse. 

Yavuze ko bikigoye gukora ingendo muri Afurika biturutse ku giciro cy’amatike kiri hejuru ndetse anagaragaza inzitizi zikiri mu kutagira ibikorwa remezo. 

Akomeza agira ati: “Dufite imbogamizi kuri Viza, ikibazo cy’ingendo hagati y’ibihugu bya Afurika ni ikibazo gikomeye, imbogamizi z’ubumenyi tukaba dushyira imbaraga mu guhugura abakozi ba RwandAir.” 

Ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera nikimara gutangira ngo bizaba byoroshye kwagurira ingendo zo mu kirere muri Afurika. 

Ubuyobozi bwa RwandAir butangaza ko hari amahirwe menshi mu bwikorezi bwo mu kirere byumwihariko muri Afurika. 

Makolo Yvonne yongeraho ko RwandAir ijya Landon, Paris, Brussels, Dubai, Doha izo ni zo ngendo z’ingenzi RwandAir ikora. 

Ati: “Intego ni ukureba uko twakomeza kwagura isoko ryo muri Afurika tukarihuza n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi.” 

Isosiyete ya Qatar yaguye imikoranire na RwandAir aho ifite imigabane muri RwandAir ingana na 49% nkuko Umuyobozi Mukuru wa RwandAir, Yvonne Manzi Makolo yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa ‘Bloomberg’. 

Imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera giherereye Iburasirazuba, cyatangiye mu 2017, bigeze mu 2019 Guverinoma y’u Rwanda na Qatar Airways, bisinya amasezerano y’ubufatanye muri uwo mushinga wa miliyari 1, 3 z’Amadolari. 

Iki kibuga kizuzura gitwaye miliyari 2 z’amadolari, aho byitezwe ko kizafasha u Rwanda kuba ku isonga mu ngendo zo mu kirere ku Mugabane wa Afurika, Qatar Airways ikazaba ifite imigabane ingana na 60%. 

Iki kibuga gifite ubuso bwa metero kare ibihumbi 130 ndetse mu gihe icyiciro cya mbere kizaba kirangiye, kizaba kibasha kwakira abagenzi miliyoni umunani ku mwaka. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *