Ni ngombwa ko buri mukobwa/mugore abikora? Ibyo ukwiriye kumenya ku guca imyey0

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa akora iki gikorwa, ese ubundi kimaze iki? 

Muri ibi bice bya Afurika twavuze, guca imyeyo bifatwa nk’inzira buri mukobwa nibura uri hagati y’imyaka 8 na 14 mu cyiciro cy’abangavu acamo, ikazamufasha kuvamo umugore wizihiye umugabo wamushatse, cyane cyane iyo bigeze mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina. 

Kuko ari igikorwa kiba mu ibanga bituma hari benshi kugeza n’uyu munsi bafite byinshi bacyibazaho. Waba uri umwe muri abo? 

Guca imyeyo cyangwa se gukuna, bikorwa hakururwa imwe mu myanya igize imyanya myibarukiro y’umugore, muri iki gikorwa hifashishwa ibyatsi byabugenewe, amavuta atandukanye arimo n’ay’inka, umukobwa ashobora kubyikorera cyangwa akabikorerwa. 

Ibi bikorwa nk’uburyo bwo gutegurira umukobwa kuzavamo umugore wizihiye umugabo wamushatse igihe bari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina.  

Mu muco nyarwanda ho ntabwo cyari igikorwa kigamije gushimisha umugabo gusa, ahubwo byanafashaga n’abagore kunyurwa n’iki gikorwa. 

Ushobora kuba wibaza ingaruka zishobora kugera ku mukobwa kubera guca imyeyo! Bitandukanye n’ikindi gikorwa gisanzwe gikorwa mu bindi bihugu cyo gukeba abana b’abakobwa, guca imyeyo byo bikorwa hakururwa iyi myanya y’ibanga gusa. 

Bishobora gufata amezi cyangwa imyaka kandi bijyana n’uburibwe no kubyimba bishobora kutihanganirwa na buri mukobwa.  

Umukobwa wabikoze kandi ashobora guterwa ipfunwe ryo kubona atarahiriwe ngo imyeyo ye ireshye n’iya bagenzi be, ibishobora gutuma kandi ashyirwaho igitutu n’abo mu muryango we ndetse n’uwo bashakanye. 

Mu Rwanda, muri Kamena 2023 mu bukangurambaga bw’Umuryango uharanira kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (Hear Us Initiative Organization), herekanywe ko abantu bacira abana imyeyo bibwira ko bari kubategura kuzagira ingo nziza baba bari gutiza umurindi ihohoterwa rishingiye ku gutsina ndetse ko bigomba gucika. 

Ushobora kuba uri kwibaza igikwiriye gukorwa, guca imyeyo cyangwa kubyihorera? Icya mbere ukwiriye gukora ni ukubanza kugira amakuru y’ingenzi kugira ngo umenye niba koko ukeneye icyo gikorwa kuko gufata umwanzuro ku mugenzo umaze igihe bisaba ubushishozi n’amahitamo akomeye. 

Uzirikane ko kandi ko kugira amakuru y’ibanze ku buzima bwawe bw’imyororokere ari ingenzi. 

Kura.rw 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *