Muhire Kevin yaciye amarenga yo gusohoka muri Rayon Sports anagira inama abafana b’iyi kipe b’Abavuzanduru

Kapiteni w’ikpe ya Rayon Sports,Muhire Kevin yatangaje ko ari kuvugana n’amakipe menshi ndetse yiteguye no kumva buri kipe yose imushaka bityo n’iyi kipe akunda ibishatse yamuvugisha. 

Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati,yabwiye ikiganiro Rayon Time ko Rayon Sports nayo ihawe ikaze mu makipe yifuza kumuganiriza bishobotse yakongera kuyisinyira. 

Ati “Ndimo ndavugana n’amakipe atandukanye, gusa ikipe yose yanyegera twaganira na Rayon Sports irimo. Imiryango yose irafunguye. Birashoboka cyane ibiganiro bigenze neza ko naguma muri Rayon. Gusa kugeza ubu ntabwo bari batangira kunganiriza.” 

Kevin akaba yaboneyeho umwanya wo guha ubutumwa abakunzi b’iyi kipe, cyane ko hari abamaze iminsi bayitera umugongo bakerekeza muri mukeba wayo, APR FC. 

Ati “Umufana wese aho ava akagera uhindura ikipe cyangwa agatuka abayobozi si we Rayon ikeneye. Ikeneye umukunzi uhora iruhande rw’ikipe mu bibi n’ibyiza. Umufana uzagenda we azagende kuko uwo si umukunzi, ni bamwe bita abavuzanduru.” 

Yavuze ko Rayon Sports itazaguma mu bihe bibi, ati “Nubwo bitagenze neza uyu mwaka ariko ubutaha bizagenda bityo abafana nibaze bashyigikire ikipe rwose.” 

Muhire Kevin yavuze ko icyatumye bitwara nabi uyu mwaka ari uko nta ba rutahizamu beza ikipe ifite ndetse asaba ubuyobozi gushaka abakinnyi bane bakomeye b’abanyamahanga mu kubaka ikipe. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *