Mukobwa/Mugore: Dore uburyo bwiza bwagufasha kugira amaguru y’ibitesi

Muri iki gihe, buri mukobwa wese aharanira kugira ngo agire amaguru meza cyangwa amatako meza kuko bimwngerera igikundiro ku basore bose bamureba, dore bimwe mu bintu byagufasha kugira amaguru meza wishimiye cyane.

Kuri uyu munsi twabakusanyirije muri bimwe mu bintu umukobwa yakora kugirango agire amatako meza ndetse n’amaguru meza.

Imirasire y’izuba rya kare cyane mu gitondo. Ugomba Kwambara ijipo ngufi mu gitondo wenda ukibyuka cg uri gukora isuku kugirango ya mirasiye yizuba ikugere ku matako ark nta cola wambaye.

Ugomba gukora Sport nk’iminota 45min mu cyumweru. bituma urambura imitsi kandi bikagabanya ibinure mu mubiri.

Kugerageza kugenda n’amaguru nka 30 min buri munsi, ibi nabyo bizagufasha ariko wambaye inkweto zitazamuye.

Gukora umwitozo wo gusimbuka mu gitondo ariko utambaye inkweto, ushobora no gufata umugozi ukajya usimbuka buri gitondo.

Koga mu mazi ugakurura amazi n’amatako yawe nabyo bituma amazi asa naho ari kuku masa. Ukajya ubikora nka 3 mu cyumweru.

Niwifashisha bimwe mubyo twakubwiye hejuru ntakabuza uzagira amaguru meza.

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *