Musanze: Bamwe mu bagore bataye abagabo n’abana babo bajya kwikodeshereza ku ruhande

Hari bamwe mu baturage bo mu Midugudu y’Akagari ka Bikara mu Murenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamwe mu bagore bamaze guta abagabo n’abana babo, bajya gukodesha amazu ku ruhande, ingingo bavuga ko ari ugushaka gukora uburaya.

Bamwe muri aba baturage, bo mu isanteri ya Kampala, baganiriye na BWIZA ducyesha iyi nkuru bavuga ko nta banga ririmo kuba abagore bata ingo zabo bakajya gukodesha, ngo barahari benshi.

Umugabo witwa Willy ati: “Ibyo muri iyi minsi birahanze. Barahari rwose no mu Mudugudu wa Rubindi, hari uwataye abana babiri n’umugabo. Akodesheje mu isanteri mu Kampala”.

Umugore we yahise avuga ngo “None mbonye ntacyo umariye sinaguta nkajya kwirwanaho? Barabata da nta gitangaza kirimo!”

Twizerimana Protais, ati: “Ibyo biragwiriye nyine ni uburinganire buba butarumvikanye neza. Usanga hari abagore bashaka kubaho ukuntu, ni iby’imitekerereze y’abantu usanga baciriritse mu bwonko. Njyewe nzi nka babiri”.

“Ujya kubona ukabona umugore yagiye gukodesha, nta shingiro bifite. Rimwe na rimwe n’ubukene bubigiramo uruhare, abasangiye ubusaba bitana ibisambo”.

Yakomeje agira ati: “Umwe mu bagore bagiye kwikodeshereza ni uko yanze kubana n’umugabo we w’igisambo. Yagiye amuraburiza igihe yibye, yabonye atazabivamo ahitamo kwigendera”.

Mukecuru Nyirangwijabanzi ati: “Ibyo bibaho n’ubwo nta kwirirwa mbarondora amazina. Barahari gusa ni nko gushaka gukora uburaya, abagabo bajye bamubona”.

“Iyo umugore yahukanaga kera, yajyaga iwabo, umugabo akajya kumucyura, bitashoboka akaguma iwabo. Ni ugutungwa n’amafaranga y’abagabo, bamwe baba bashaka kwicuruza”.

Akomeza agira ati: “None ubwo hari ibindi? Umugore wahahirwaga n’umugabo urumva yaba ajyanwe n’iki? Yatungwa n’iki? Barahari benshi n’ubwo ntari bujye mu kubavuga amazina, ariko barahari”.

Umunyamabaganga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Bikara, Uwase Triphine ntacyo aravuga kuri aya makuru.

Ibibazo by’ubwumvikane buke hagati y’abashakanye bikomeza kumvikana hirya no hino mu Rwanda.

Ni mu gihe imiryango irengera abana itabaza ivuga ko aribo bahababarira bikomeye.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *