Musanze: Umupasiteri wasengeraga abagore gusa ababwira ko nta muryango afite yaguwe gitumo n’umugore we

Mu ntara y’amajyaruguru mu karere ka musanze hakomeje kuvugwa inkuru y’umupasiteri witwa Samuel abandi bavuga ko yitwa David, bivugwa ko yabwiraga abayoboke be ko atabyaye ndetse nta muryango afite.

Gusa aba bayoboke be bamutakarije ikizere Ubwo umugore bashakanye yamugwaga gitumo bari mu cyumba cy’amasengesho amuzaniye umwana bariruka.

Bamwe mu bakirisitu uyu pasiteri yasengeraga bavugako bamukurikiyeho Imana umurimo nkuko babibwiye itangazamakuru bavuze ko bamutakarije ikizere kubera bamenye ko ari umunyabinyoma.

Bati: ”Uyu mu pasiteri wacu twahoranaga mu byumba by’amasengesho, Yatubwiraga ko nta mwana agira ndetse nta muryango afite”.

Nyuma yo kumara igihe abeshya abayoboke be nkuko babivuga, kuri uyu wa kabiri taliki 10/2/2022 haje umugore afite umwana abasanga mu masengesho ahita abwira abakirisitu bose ko uyu pasiteri ari umugabo we basezeranye byemewe n’amategeko.

Mu gihe bakijijinganya, uyu mugore yahise afata amafoto yari yitwaje yerekana aba bombi bari mu murenge basezerana imbere y’amategeko ndetse banakoze ubukwe.

Nyuma yo kubona ayo mafoto, Bamwe mu bakiristo bahise biruka barahunga kuko bagize ubwoba.

Bamwe mu babashije kuvugana n’umunyamakuru wa Tv1 Dukesha iyinkuru bamubwiye ko uyu mu pasiteri ntacyo azongera kubabwira kuko nta Mana afite ari umushabitsi.

Ati: “Abantu dukwiye gushishoza ku bantu badusengera, kuko hari ababikora ari ubushabitsi bakwiriye gusengerwa”.

Gusa mu kwisobanura Uyu mupasiteri avuga ko umugore we ariwe uri mu makosa kuko yataye urugo adatwite, nyuma agaruka atwite abona yarabaye indaya.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *