Perezida Museveni yakiriye urubyiruko rw’Ishyaka NUP rya Bobi Wine yasabiye imyitozo ya Gisirikare

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni akaba n’Umugaba w’Ingabo za Uganda yakiriye mu biro bye i Entebbe urubyiruko rw’Ishyaka  National Unity Platform rya Bobi Wine rwafatiwe mu myigaragambyo rukoherezwa kwigishwa gukunda igihugu mu kigo cy’ubutasi cya ISO.

Uru rubyiruko rugera kuri 91 ni urwafatiwe mu myigaragambyo yabaye mbere na nyuma y’amatora yo kuwa 14 Mutarama 2021, ubwo aba bayoboke ba NUP bigaragambyaga bavuga ko Perezida Museveni na NRM ye babuza abatavugarumwe n’ubutegetsi kwiyamamaza.

Umuyobozi wa ISO Col Oluka yabwiye Perezida Museveni ko uru rubyiruko rwatojwe gukunda igihugu ndetse bakanahabwa amahugurwa ajyanye n’ubutasi.

Ahmed Ssebugwawo wiyitaga “Gen Kikankane, akaba n’umugaba mukuru w’ingabo za NUP zirwanira ku butaka “yemereye Perezida Museveni ko ubwo we na bagenzi be bafatwaga, bari bahawe misiyo na perezida w’ishyaka NUP Robert Kyagulanyi yo gudobya umuhango w’irahira rya Perezida Museveni.

Ssebugwawo yavuze ko nyuma yo guhabwa amasomo yo gukunda igihugu, ubumwe bw’abenegihugu no guhindura imyumvire kuri Demokarasi bagiye gufata iya mbere mu gukangurira urubyiruko bahereye mu murwa mukuru kwirinda kwijandika mu bikorwa bigamije guteza imidugararo mu gihugu.

Perezida Museveni yabagaragarije ko yanyuzwe n’uko uru rubyiruko rwahinduye imyumvire, anemeza ko ubu bagiye kuba abatangabuhamya bakomeye bo gukunda igihugu.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *