Mushiki wa Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru yahishuye igihe iki gihugu kizakoresha intwaro kirimbuzi zacyo

Mushiki wa Kim Jong Un, umuyobozi wa Koreya ya Ruguru yateye ubwoba Koreya y’Epfo avuga ko batazazuyaza gukoresha intwaro za kirimbuzi niyishotora nyuma y’aho Seoul imaze kwerekana ubushobozi bwayo bwo kugaba ibitero mu majyaruguru.

Kuri uyu wa Kabiri, Kim Yo Jong mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibitangazamakuru bya leta ya Koreya ya Ruguru, yavuze ko Minisitiri w’ingabo muri Koreya y’Epfo, Suh Wook, aherutse kuvuga ku bijyanye no kugaba ibitero yise “inzozi nziza” n’ “ubusazi”.

Yashimangiye ko mu gihe Koreya ya Ruguru idashaka ko haba indi ntambara ku kirwa cya Koreya, izasubizanya intwaro za kirimbuzi mu gihe Amajyepfo yahitamo ibitero simusiga cyangwa ibindi bitero, ibyo bikaba byatuma ingabo z’Amajyepfo “zirimbuka burundu”.

Rachel Minyoung Lee, umusesenguzi w’umushinga 38 North ukorera muri Amerika ukurikirana Koreya ya Ruguru, yavuze ko ibyo Kim anenga bishoboka cyane ko bireba Perezida wa Koreya y’Epfo mushya watowe, Yoon Suk-yeol, wasabye kurushaho kubaka ubwirinzi bukomeye bwo kwirinda Koreya ya Ruguru.

Iyi nkuru dukesha Al Jazeera ivuga ko ari ku nshuro ya kabiri mushiki wa Kim jong Un arakara asubiramo ibitekerezo bya Suh mu minsi itatu.

Ku cyumweru, yavuze ko aya magambo ari “uburangare” maze avuga ko Amajyepfo agomba “kwitoza ikinyabupfura niba ishaka gukumira ibiza”.

Koreya ya Ruguru yihanangirije inshuro nyinshi ko yiteguye gukoresha intwaro zayo za kirimbuzi mu gihe yaba ibangamiwe n’abo bahanganye kandi yihutisha iterambere ry’intwaro z’igisirikare cyayo kuva Kim yatangira kuyobora mu myaka irenga icumi ishize.

Yahagaritse by’agateganyo kugerageza ibisasu biraswa kure n’ibya kirimbuzi igihe Perezida wa Amerika icyo gihe, Donald Trump, yemeraga guhura na Kim Jong Un mu nama zitari zarigeze zibaho.

Inzira ya dipolomasi yasenyutse muri 2019 kandi ibiganiro ku kugabanya intwaro za kirimbuzi byarahagaritswe kuva icyo gihe.

Ubu Kim bigaragara ko yasubiye mu buyobozi bwa gisirikare agerageza kujyana Amerika mu biganiro, aho Pyongyang muri aya mezi yubuye ibikorwa byo kugerageza intwaro zayo, ndetse mu kwezi gushize ikaba yaragerageje igisasu cya missile ballistique, ubwoko yaherukaga kugerageza mu 2017 kandi abahanga bamwe bavuga ko hashobora gukurikiraho kugerageza igisasu cya kirimbuzi.

Biteganyijwe ko mu mpera z’uku kwezi, Koreya ya Ruguru izizihiza isabukuru y’imyaka 110 y’ivuka rya Kim Il Sung, sekuru wa Kim.

Mubisanzwe, Pyongyang ikunda kwizihiza amasabukuru y’ingenzi mu gihugu mu karasisi ka gisirikare, mu kugerageza intwaro zikomeye cyangwa mu kohereza ibyogajuru mu kirere.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *