Nasuye iwabo w’umukobwa nateye inda ndi muzima, none dore uko basaza be bangize. Nkore iki?

Muraho nshuti zanjye bagabo, bagore ndetse n’abana mukibyiruka nk’uko nanjye nabyirutse ubu nkaba ndi igisore?!!

Nitwa Mubirizi Jean Max Philbert, mbagishije inama nshaka kubabwira agahomamunwa nahuye nako k’ukuntu nagiye gusura i wabo w’umukobwa nateye inda nkamwihakana kugira ngo ndebe uko inda ye imeze, ndebe niba nazakomeza kuyemera cyangwa ngatsemba none basaza be bankomaguye ubu no kurya sinzi ko mbibasha.

Ahagana ku isaaha ya saa cyenda nibwo nandikiye uwo mukobwa mubwira ko nifuza kujya kumureba iwabo, nuko nawe arambwira ngo ntakibazo ndetse yongeraho n’utugambo tw’urukundo ngo “banguka ahubwo naringukumbuye chr mwiza”.

Ibi byatumye numva ko ndaye ntahageze naba mbaye injiji, namubajije niba hari undi muntu uri yo arambwira ngo niwe wenyine uhari ngo abandi bose batashye ubukwe mu kandi karere kandi ngo ntabwo baraza vuba.

Ntazuyaje nahise mfata akagare kanjye ndahasimbukira, aho mvugiye aha nari namaze kugerayo, nkihamara iminota 10 ntangiye no kwegera umukunzi wanjye, nagiye kumva urugi ngo “pooooo” mbona ni basaza be batatu bansesekayeho.

Buri wese muri bo yari afite umuhini, numva baravuze ngo dore ya mbwa yahageze sha, narebye umukunzi wanjye ngo mubaze impamvu yambeshye ko bagiye mu hukwe, nsanga ntakiri aho yagiye kare.

Ibyakurikiyeho namwe murabyumva n’utabyumva yareba ifoto yanjye kuko magingo aya intoki, amano, umugongo n’umutwe birikundya nk’uwahoze aryamye muziko.

Bankubitaga barikuvuga ngo uzamujyana cyangwa Uracyakomeje kwigira Syori?? Navuyeyo nemeye ko ngomba kumujyana ndetse ko n’umwana ari njye Se.

None nyuma y’ibi ndabagisha inama, uyu mukobwa mugire umugore cyangwa nemere umwana mbarekere umukobwa wabo hato batazanyikuriramo amaso? Mumbwire rwose mbere y’uko njya kwivuza.

Murakoze!!!!!!!

Src: Teradignews

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *