Mu byatumye Gen. Kandiho afatirwa ibihano bikomeye harimo ifungwa ry’Abanyarwanda?

Kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021, Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yafatiye ibihano Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), Maj. Gen. Abel Kandiho birimo kwimwa viza (visa) no gufatirwa imitungo.

Mu itangazo yashyize hanze, Guverinoma ya USA yasobanuye ko abakozi ba CMI Gen. Kandiho ayobora na we ubwe bafunga, bakanica urubozo abafungwa; bashingiye ku bwenegihugu bwabo, ibitekerezo bya politiki cyangwa abatavuga rumwe n’ubutegetsi.

Yagize iti: “Nka Komanda wa CMI (Chieftaincy of Military Intelligence), Major General Abel Kandiho (Kandiho) n’abandi bofisiye ba CMI bagiye bata muri yombi, bagafunga, banakica urubozo abantu muri Uganda”.

“CMI igambirira abantu ishingiye ku bwenegihugu, ibitekerezo bya politiki cyangwa abatavuga rumwe na Leta ya Uganda”.

Iri tangazo rikomeza risobanura ko aba bantu bagiye bafungwa bidashingiye ku mategeko, bagashyirwa muri za kasho za CMI, bagakubitwa inkoni, bagakorerwa n’ibindi by’ubugome nko gusambanywa no gukubitishwa umuriro w’amashanyarazi, bikaviramo ababikorewe ibikomere by’igihe kirekire cyangwa urupfu.

Muri iri fungwa, Guverinoma ya USA isobanura ko abafunzwe bamburwa uburenganzira bwo kuvugana n’inshuti, abo mu miryango cyangwa abunganizi mu mategeko.

Iti: “Hari ubwo Kandiho ubwe abigiramo uruhare, akayobora ibazwa ry’abafunzwe”.

Icyemezo cya USA Guverinoma ya Uganda ibinyujije muri Minisiteri y’Ingabo yaraye icyamaganye, isobanura ko iki gihugu kijya gufatira ibihano Gen, Kandiho kitabanje gushaka amakuru kuri nyirubwite n’abandi bireba.

Umubano wa Uganda n’u Rwanda uhagaze nabi kuva mu myaka irenga itatu ishize, mu mpamvu nyamukuru nk’uko rwabitangaje kenshi no mu biganiro byahuje impande zombi, harimo ifungwa ry’Abanyarwanda babayo ridakurikiza amategeko, n’iyicarubozo bakorerwa mu gihe bafungiwe muri za kasho za CMI.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Al Jazeera mu Gushyingo 2021, yagarutse kuri iki kibazo.

Yavuze ko inzego zishinzwe umutekano za Uganda zihiga Abanyarwanda babayo n’Abanyarwanda babuzwa kujya gukorera ishoramari muri Uganda, nyamara abanya-Uganda bari mu Rwanda bo nta bibazo bagira.

Aho iki kibazo cyamenyekaniye, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka iruhuza na Uganda mu 2019, igira Abanyarwanda inama yo kudasubirayo mu gihe ibi bikorwa by’urugomo bigikomeje.

Habayeho ibiganiro byagizwemo uruhare n’abahuza; Angola na Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), u Rwanda rusobanura imiterere y’ibibazo rufitanye na Uganda, byatumye uyu mubano wangirika.

Leta ya Uganda yatangiye gufungura bamwe mu Banyarwanda ‘benshi’ [ni ko u Rwanda rubivuga] CMI yari ifunze, ikabohereza ibanyujije ku mipaka itandukanye, bamwe bakinjira mu gihugu baramugajwe, abandi bakigaragaza ibimenyetso by’iyicarubozo bakorewe; bakanabitangaho ubuhamya.

Kugeza ubu Uganda iracyohereza Abanyarwanda ibakuye muri kasho za CMI, abandi baracyafungiwemo. Byitwa kubirukana mu gihugu kubera ko bivugwa ko u Rwanda rubakirira ku mipaka rutabanje kubimenyeshwa nk’uko byigeze gukorwa.

Nk’uko aba Banyarwanda bagiye bavivuga, iyo batabwa muri yombi bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda, gusa barinda bafungurwa, bakoherezwa nta n’umwe uburanishijwe n’urukiko ku byaha bifitanye isano nabwo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *