Njye nkunda abasore bakennye kuko bagira urukundo! Umukobwa w’ikizungerezi akomeje kuvugisha benshi kubera amagambo yatangaje

Imwe mu nkuru zikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni iy’uyu mukobwa ukomeje kuvuga ko we akunda abahungu/abasore bacyennye gusa kuko abona ari bo bagira urukundo ndetse ngo bafite igikundiro. 

Uyu mukobwa ubusanzwe witwa Martha akaba asanzwe ari umunyamakuru akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga kuko we ngo abasore b’abakene abakobwa benshi banga we aribo y’ikundira gusa ngo nibo bamushimisha mu rukundo kuko bagira urukundo n’amarangamutima menshi. 

Nkuko uyu mukobwa yabivuze mu nkuru yasakaye mu binyamakuru bitandukanye, yagaragaje  ko abasore b’abakire iteka icyo bitaho ari amafaranga yabo gusa ndetse akaba ariyo baha agaciro cyane ku rusha urukundo. 

Martha yakomeje avuga ko abasore batagira amafaranga bo icyo baha agaciro cyane ni urukundo ndetse no gushimisha abakunzi babo. 

Mu magambo ye, Martha yagize ati “ Ubundi njye sindakundanaho n’umusore wumukire, abenshi nta rukundo bagira, bakoresha amafaranga nkaho aricyo kuntu kingenzi Kandi ibyo njye ntago bikora simbyemera.” 

Yakomeje aavuga ko “Mba nshaka umuntu uzajya ampamagara akambwira ngo zuba ryanjye wasinziriye neza!? Aha ndi ku kazi ni wowe ndi gutecyereza gusa ndetse sinarecyera kugutecyereza byanze!! Ndagukumbuye mukunzi, Ese nakubona nsoje akazi!?” 

Uyu mukobwa yakomeje avuga ko adakunda ko umusore yamwoherereza amafaranga atazi uko ameze, ati: “Naho kunyoherereza amafaranga utazi uko meze kuri njye ntibyakora.” 

Yasoje avuga ko burya yikundira abasore bacyennye gusa kuruta abo bakize kuko abasore batagira amafaranga ngo bagira urukundo ndetse bakaba bazi no gushimisha abakunzi babo. Ese wowe Niko ubyumva!? 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *