Ntibisanzwe! Umugore w’I Rutsiro yabyutse asanga imisaraba ibiri ku muryango

Nturanyenabo Euphrasienne wo mu mudugudu wa Kampi, Akagari ka Nyagahinika mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro yabyutse asanga imisaraba ibiri mu rugo.

Uyu mubyeyi akeka ko byakozwe n’abana be bashutswe n’abana abereye mukase.

Nyuma yo kubona iyi misaraba yabimenyesheje inzego z’ubuyobozi, zigera aho byabereye zibaza abakekwa. Bavuga ko atari bo bazanye iyo misaraba gusa babwira ubuyobozi ko bafitanye ikibazo na mama wabo.

Nturanyenabo yavuze ko asanzwe afitanye n’abana be ibibazo bishingiye ku masambu. Ngo abo bana be babiri, nubwo ari abagabo bubatse bafite ingo zabo bakoreshwa n’abana abereye mukase bakamujujubya ngo ave mu mitingo bita iya se.

Uyu mugore avuga ko imitungo abana abere mukase bita iya se, nta burenganzira bayifiteho kuko se yamushatse ari umugore wa kabiri, kandi mbere yo gusezerana imbere y’amategeko imitungo umugabo yari yarashakanye n’uwari umugore wa mbere bayihaye abo bana.

Ati: “Abantu dufitanye ibibazo ni abahungu banjye, bajya bananyirukankana n’imipanga bashaka kuntema. Bakoreshwa n’abana mbereye mukase kuko abo bana mbereye mukase ni abakire bafite n’imodoka batuye ku Gisenyi”.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kigeyo yabwiye IGIHE ducyesha aya makuru ko abakekwaho kujyana iyo misaraba muri urwo rugo bari gukurikiranwa na RIB.

Ati: “Ni abahungu bafitanye na mama wabo amakimbirane ashingiye ku mitungo. Twagerageje kubunga biranga tubona basubiranyemo, basubiranyemo rero twari turi kumwe na RIB dufata umwanzuro ko RIB ibatwara ikajya gukora iperereza ku by’iyo misaraba”.

Abakekwa uko ari babiri ubu bari mu ngo zabo kuko nyuma y’uko bajyanywe kuri RIB sitasiyo ya Kivumu bakabazwa barekuwe bagasabwa kuzongera kwitaba ku wa Mbere tariki 20 Ukuboza 2021.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *