Umupolisi mukuru ukekwaho kuyobora igitero cyagabwe kuri Minisitiri Gisaro n’abadepite yatawe muri yombi.

Umupolisi mukuru ukekwaho kuyobora igitero cyagabwe kuri Minisitiri Alexis Gisaro Muvunyi ushinzwe ibikorwaremezo n’imirimo rusange muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatawe muri yombi.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2021 ni bwo Minisiteri Gisaro ayoboye yatangaje ko we n’abo bari kumwe (byamenyekanye ko ari abadepite) barashweho n’abapolisi bafite imbunda zihagije.

Ubwo ngo bari bageze ku kigo cy’ishoramari cy’Ababiligi cyitwa CPA-IMMOTEX kiri mu gace ka Mbudi mu murwa mukuru, Kinshasa.

Bivugwa ko intandaro yo kuraswa kwa Minisitiri Gisaro ari uko yasanze Ababiligi bo muri iki kigo bari mu bikorwa by’ubwubatsi, ava mu modoka, ababwira ko barengereye imbago z’umuhanda, umwe muri bo ategeka abapolisi kurasa kuri aba bayobozi.

Iyi Minisiteri yavuze ko Gisaro yaburiwe irengero kandi ko hari abadepite bakomeretse, Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya ahumuriza ko amaze kuvugana na we, amubwira ko ameze neza, ko kandi abapolisi bamaze koherezwa ahakorewe icyaha kugira ngo batabare.

Mu rukerera rw’uyu wa 20 Ukuboza 2021, Minisitiri Muyaya yatangaje ko umupolisi mukuru ‘uri inyuma’ y’iki gitero yamaze gutabwa muri yombi.

Uyu ni Komiseri Pesika uyoboye umutwe wa Polisi witwa Groupe Mobile d’Intervention-Ouest GEMI ushinzwe kurinda CPA-IMMOTEX.

Yagize ati: “Komiseri Pesika uyobora Groupe d’Intervention-Ouest GEMI urinda ikigo cya CPA-IMMOTEX, uri inyuma y’amasasu yarashwe kuri Minisitiri Gisaro mu gihe yatambukaga yafashwe muri iri joro na Polisi. Azasobanurira ibyakozwe imbere y’ubutabera”.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *