Ntituzibagirwa abana bacu bishwe – Igihugu cya mbere mu Burayi cyeruye gishinja NATO ubwicanyi

Guverinoma ya Serbia yatangaje ko nta gahunda ifite yo kuba umunyamuryango wa NATO, ivuga ko itazigera na rimwe yibagirwa abana bayo biciwe mu mirwano yashojwe n’uwo muryango mu 1999.

Byatangajwe na Perezida w’iki gihugu, Aleksandar Vucic, ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa Mbere mu gace ka Kikinda.

Ati: “Nizera ko Serbia itazaba Umunyamuryango wa NATO. Serbia ni igihugu cyigenga kidafite uruhande kibogamiyeho mu bya gisirikare. Kizarinda ubutaka n’ikirere bwacyo ubwacyo”.

Yakomeje agira ati: “Reka mbabwire ikintu: Inshingano zacu ni ukubabarira ariko nanone ntitwibagirwe”.

“Ntituzibagirwa umwana w’amezi 11 witwa Bojana Tosic wiciwe i Bojana Tosic hafi na Kursumlija, ntituzibagirwa Milica Rakic wiciwe i Batajnic”.

Yavuze ko igihugu cye kidafite uburenganzira na buke bwo kwibagirwa ibyo byose byabaye bitewe n’intambara iturutse ku bushotoranyi cyashowemo.

NATO yashoje intambara kuri Yugoslavia mu 1999 yamaze iminsi 78.

Icyo gihe iri huriro ry’ibihugu mu bya gisirikare ryavugaga ko riri gukumira Jenoside yakorerwaga Abanya-Albania b’i Kosovo.

Ibitero bya NATO byaguyemo abantu bagera ku bihumbi bine mu gihe abandi barenga ibihumbi 10 bo bakomeretse.

Ibintu byangiritse muri iyo ntambara bifite agaciro k’arenga miliyari 100$.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *