Pasiteri yashyize amavuta mu myanya y’ibanga y’umugore utwite akoresheje Ubugabo bwe ngo azabyare neza

Polisi muri Leta ya Ondo muri Nigeria, yafunze pasiteri wo mu itorero, The Celestial Church of Christ, CCC, witwa Gbenga Filani, wabwiye umugore utwite inda y’amezi atanu ko kugira ngo abyare neza ari uko yamusiga amavuta mu gitsina cye, akoresheje igitsina cye kuko ngo umwana yitambitse mu nda.

Ibi pasiteri yabikoreye mu rusengero ubwo yatumizagaho uyu mugore amazina ye yagizwe ibanga.

Naija News ivuga ko uyu mugabo ari guhatwa ibibazo ku kuba yaba yarafashe urutoki rwe rurerure, akarukoza mu mavuta, akayasiga mu gitsina cy’umugore nyuma akamusambanya avuga ko byari kuba byiza ari umugabo we ubikoze gusa ariko ngo nta kundi yari kubigenza.

Uyu mugore w’imyaka 19 yihutiye kujya kuri polisi akimara kumva ibintu bitameze neza avuga ngo “Pasiteri yambwiye ko umwana yitambitse mu nda ntazabyara neza. Ashyira amavuta mu myanya y’ibanga yanjye nyuma arambwira ngo kugira ngo agere ku mwana neza reka akoreshe igitsina cye”.

Yakomeje agira ati:” Yambwiye ko ubundi ibyo byari gukorwa n’umugabo wanjye ariko ngo ubwo adahari nimureke mbikore”.

Uyu mugore avuga ko nyuma yo kuryamana n’uyu mupasiteri ari bwo yagaruye ubwenge mu gihe Filani yamubwiye ko atagomba kugira uwo abibwira habe na nyina umubyara.

Yamubwiye ko naramuka abivuze azapfa.

Umuvugizi wa Polisi muri Ondo, DSP Funmilayo Odunlami, yavuze ko Fani asanzwe atanga ibiganiro kuri radiyo muri Ondo kandi ko yamaze gutabwa muri yombi.

Pasiteri Gbenga Filani, afungiwe ku biro bya polisi biri ahitwa Igbatoro muri Akure mu gihe iperereza rikomeje.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *