Perezida Biden wa Amerika yanyuranyije n’ibiro bye ku cyifuzo cyo kuvana Putin ku butegetsi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yavuze ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, adakwiriye kuguma ku butegetsi kuko ari umwicanyi.

Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko yagiriye muri Pologne aho yasuye impunzi zo muri Ukraine zakuwe mu byazo n’intambara icyo gihugu cyagabweho n’u Burusiya.

Nubwo Biden yavuze ko Putin adakwiriye kuguma ku butegetsi, ibiro bye, Whitehouse byanyuranyije na we kuko byatangaje ko icyo yashakaga gusobanura atari ukuraho ubutegetsi mu Burusiya.

Biden yavuze ko u Burusiya budateze gutsinda intambara muri Ukraine, ahubwo ko bizarangira Putin avuye ku butegetsi.

Ati: “Ni ukuri kw’Imana, uyu mugabo ntashobora kuguma ku butegetsi”.

Ibiro bya Perezida w’u Burusiya byahise byamagana ayo magambo ya Biden, bivuga ko ari ubushotoranyi.

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida, Dmitry Peskov yagize ati: “Ntabwo Biden ari we udufatira umwanzuro. Perezida w’u Burusiya atorwa n’Abarusiya”.

Umwe mu bakozi bo muri Whitehouse yatangaje ko Biden atari agamije kugaragaza ko bashaka kuvanaho Putin, ahubwo icyo bashaka ari uko imbaraga z’igihugu cye zifashishwa mu gupyinagaza ibindi baturanye.

Hagaragajwe ko ayo magambo ya Biden atari mu mbwiraruhamwe yari yateguriwe kuvugira muri Pologne.

Uretse binyuze mu kumuhitana cyangwa kumuhirika ku butegetsi, biragoye mu bundi buryo ko Perezida Putin vuba aha yava ku butegetsi.

Itegeko Nshinga ry’Igihugu cye, ryemerera Putin kuyobora kugeza mu 2036.

Kugira ngo yeguzwe, Itegeko Nshinga rivuga ko byabaho igihe yaba ashinjwe ubugambanyi bukomeye, bigatorerwa n’Inteko Ishinga Amategeko.

Inteko Ishinga Amategeko imaze kubitorera, bigira agaciro bimaze kwemezwa n’Urukiko rw’Ikirenga.

Biragoye kuri ubu ko Putin yakweguzwa kuko abenshi mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ni abambari be.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *