Perezida Kagame yakoze impinduka muri RDF, Col Gatarayiha ashingwa ubutasi mu gisirikare.

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yakoze impinduka mu gisirikare aho Col François Regis Gatarayiha yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe ubutasi mu gisirikare n’Umuyobozi w’ishami rishinzwe Ikoranabuhanga.

Col Gatarayiha yigeze kuba Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka. Ni umwanya yamazeho imyaka itatu kuko yawugiyeho mu Ukwakira 2018 awuvaho muri Nzeri 2021.

Yari aherutse no kuzamurwa mu ntera ahabwa ipeti rya Colonel, nabyo byabaye mu mpinduka zakozwe n’Umukuru w’Igihugu muri Nzeri uyu mwaka.

Yari aherutse no kuzamurwa mu ntera ahabwa ipeti rya Colonel, nabyo byabaye mu mpinduka zakozwe n’Umukuru w’Igihugu muri Nzeri uyu mwaka.

Gatarayiha yigeze kuba kandi Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’Itumanaho (MITEC) hagati ya Nzeri 2017 na Ukwakira 2018.

Yanabaye Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga hagati ya Gashyantare 2017 na Nzeri 2017.

Yigeze no kumara umwaka n’amezi umunani akora mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere, RDB, aho yari Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Ikoranabuhanga.

Ni mu gihe kandi yayoboye RURA mu gihe cy’imyaka itatu n’amezi umunani guhera mu 2015.

Yize muri Kaminuza yo muri Afurika y’Epfo yigisha ikoranabuhanga, Tshwane University of Technology.

Izindi mpinduka zabayeho ni uko abasirikare 460 bazamuwe mu ntera bavanwa ku ipeti rya Major bahabwa irya Lieutenant Colonel. Ku rundi ruhande, 472 bari bafite ipeti rya Captain bahawe irya Major.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *