Polisi yataye muri yombi ukekwaho kuba ikihebe wari ufite ibikoresho byo gukora ibisasu bya Bombe

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 02 Ukuboza 2021, Igipolisi cya Uganda cyatangaje ko cyataye muri yombi umuntu ukekwaho kuba icyihebe wari ufite ibikoresho byo gukora igisasu cya bombe.

Umuvugizi wa Polisi, Fred Enanga, mu itangazo ryasohowe yavuze ko uyu musore w’imyaka 24 ukekwaho kuba mu mutwe w’inyeshyamba wa, ADF (Allied Democratic Force), ishami ry’umutwe w’iterabwoba wa Leta ya Kisilamu muri Afurika yo Hagati, yafatiwe mu Karere ka Wakiso hafi y’umurwa mukuru Kampala.

Enanga yavuze ko uwatawe muri yombi yayoboye amatsinda y’abashinzwe umutekano aho aba muri Kajjansi ahavumbuwe ibikoresho byinshi byo gukora ibisasu nk’igiherutse guturikira muri bus mu mpera z’Ukwakira.

Enanga ati: “Yari no mu gikorwa cyo guteranya ikindi gisasu”.

Enanga yavuze ko ibikorwa byo gufata abasigaye ndetse n’abafatanyabikorwa babo bikomeje, kandi impungenge z’ibindi bitero zigihari nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ikomeza ivuga.

Ati: “Kandi ibyo birasaba ko twakwitonda no kuba maso mu gihe tugenda dukora ibikorwa byacu bya buri munsi”.

Uyu muntu yatawe muri yombi nyuma y’ibitero bine by’ubwiyahuzi, bibiri byo mu mpera z’Ukwakira ndetse na bibiri byo mu kwezi gushize byahitanye abantu bigakomeretsa abandi.

Ibyo bitero bya bombe byashinjwe umutwe wa ADF.

Ku wa kabiri, Igisirikare cya Uganda n’icya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangiye kugaba igitero kuri ADF mu mashyamba yo mu burasirazuba bwa Congo.

Ku wa Kabiri, Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko ibikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’inyeshyamba za ADF bizakomeza.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *