Umutoza Masudi Djuma yahuye n’uruva gusenya nyuma y’igihe gito Rayon Sports atoza inganyije na Espoir

Abafana bataramenyekana b’ikipe ya Rayon Sports batoboye amapine y’imodoka y’umutoza wa Rayon Sports, Masudi Irambona Djuma.

Byabaye nyuma y’uko iyi kipe yari imaze kunganya na Espoir FC ibitego 2-2, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona.

Abafana batuye imodoka ya Masudi umujinya, mu gihe Rayon Sports ikomeje kugorwa n’intangiriro za shampiyona.

Mu mikino itandatu Rayon Sports imaze gukina muri shampiyona, imaze gutsinda imikino itatu, itsindwa umwe inganya ibiri, ikaba ifite amanota 11 kuri 18.

Ni umusaruro abafana ba Rayon Sports bakomeje kutishimira, ku buryo batangiye kuririmba uyu mutoza bavuga ko batamushaka akwiye kwirukanwa.

Ibya Masudi bishobora kuzaba bibi kurushaho kuri we muri Weekend naramuka atsinzwe umukino wa Kiyovu Sports.

Uyu mutoza mu kiganiro yahaye itangazamakuru nyuma yo kunganya na Espoir FC, yasabye abafana ba Rayon Sports kuba bihanganye kuko igikombe kidatwarwa mu munsi umwe.

Ati: “Abafana bihangane kuko ntabwo waza umunsi umwe ngo uhite utwara igikombe, ariko tuzarwana kugeza ku munsi wa nyuma”.

“Niba atari shampiyona hari igikombe cy’amahoro, byose turimo kubirwanira, shampiyona haracyari kare hano dutakaje uyu munsi hari n’abandi bazaza bakahatakaza”.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *