RIP Harerimana! Umwarimu yiyahuye kubera ubuhemu yakorewe n’umukobwa yari amaze iminsi yarahaye umutima we

Mu rukerera rwo kuri uyu uyu wa Gatatu tariki ya 15 Gicurasi 2024, ahagana saa saba z’urukerera, ni bwo umwarimu witwa Harerimana Pascal w’imyaka 27, yasanzwe mu mugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye. 

Amakuru avuga ko uyu mwarimu yari usanzwe yigisha ku ishuri ribanza rya Mubago mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Muko mu Kagari ka Cyogo mu Mudugudu wa Kabere 

Aya makuru yemejwe n’Umuyobozi w’akarere ka Musanze, Claudien Nsengimana, ariko avuga ko kugeza ubu bataramenya icyaba cyateye mwarimu kwiyahura.  

Ati “Kugeza ubu amakuru y’uko yaba yiyahuye twayamenye, yari acumbitse mu Murenge wa Muko, icyaba cyamuteye kwiyahura ntabwo turakimenya.” 

Meya Nsengimana yongeraho ko iperereza riri gukorwa gusa ko hari ibivugwa ko umukobwa yaba yamwanze ariko umuntu atabihamya nk’ukuri.  

Icyakora hari amakuru ari kuvugwa ko uyu musore yafashe icyo cyemezo nyuma yo kuvugana n’umukobwa bari bamaze iminsi bari mu rukundo wo mu Karere ka Rubavu, ari naho uyu musore akomoka, amubwira ko agiye kwiyahura. 

Kuri ubu umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa ku Bitaro bya Ruhengeri gukorerwa isuzuma. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *