Rwanda: Polisi yavuze ku binyabiziga bimara igihe kinini bipariste mu gihe Perezida Kagame ategerejwe.

Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanga, SSP Irere René yavuze ku binyabiziga bimara igihe kinini biparitse mu gihe Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame ategerejwe.

Ubwo SSP Irere yari mu kiganiro cyerekeye umutekano wo mu muhanda kuri Radio Rwanda kuri uyu wa 3 Ukuboza 2021, umuturage yabajije ati:

“Ese Nyakubahwa Perezida yaba azirana n’ibinyabiziga bitwara imizigo? Rwose turabangamiwe. Iyo Perezida ari butambuke ku muhanda runaka, baduhagarika mu gitondo, ugasanga atambutse saa cyenda, bukarinda bwira ari bwo baturekura, mu by’ukuri ugasanga abana baraburaye kandi wagiye gushaka ihaho ry’abana”.

Uyu muturage yabazaga impamvu abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda babigenza batya.

SSP Irere wemera ko iki kibazo gihari, yabanje kwisegura kuko ngo adafite ububasha bwo kuvugira ibiro by’Umukuru w’Igihugu.

Ati: “Ariko Umukuru w’Igihugu ntabwo wamugenera igihe ari buvire mu biro. Agira akazi kenshi, igihe yateganyirije guhaguruka gishobora guhinduka kubera impamvu, ibyo ngibyo ntekereza ko batakagombye kubyinubira cyangwa ngo bagire undi babishyiraho”.

Yakomeje avuga ko Umukuru w’Igihugu akunda Abanyarwanda, atakwanga ibinyabiziga byabo bitwara imizigo.

Ati: “Ndabizi ko Umukuru w’Igihugu akunda Abanyarwanda, abo ngabo batwara ibinyabiziga arabavugira cyane, arabarengera”.

Yanashingiye ku rugero rw’ikibazo cy’impaka z’ibyapa na camera aherutse gukemura.

Ati: “Ntabwo rero yaba akora ibintu nk’ibyo ngibyo ngo usubire inyuma uvuge ngo arabazira”.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *