Rwanda: Urukiko rwa gisirikare rurasomera umusirikare mu ngabo za EX FAR wavuze aseka ko ari we warashe kuri CND akayangiriza

Kuri uyu wa 3 Ukuboza 2021, Urukiko rukuru rwa gisirikare, rurasoma urubanza rwa Sous-Lieutenant Henry Jean Claude Seyoboka, wahoze ari umusirikare mu ngabo za Ex-FAR, ukurikiranweho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Uyu mugabo yari yakatiwe igifungo cya burundu n’urukiko rwa Gisirikare, ariko aza kubijuririra avuga ko habayeho kumwitiranya n’undi muntu.

Sous Lieutenant Seyoboka Jean Caude Henry yavuze aseka ko ari we warashe CND.

Muri Gashyantare 20218 nibwo uyu wari mu rukiko rwa girisikare i Nyamirambo mu urubanza Sous Lieutenant Seyoboka Jean Caude Henry aregwamo ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi rwakomeje humvwa cyane uruhande rw’Ubushinjacyaha.

Seyoboka yihanijwe kuvuga yigamba aseka ko ariwe warashishaga imbunda yangije inzu yahoze yitwa CND ikoreramo Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda.

Seyoboka yafashe umunsi wose yiregura ku byaha bitatu aregwa bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi, akaba yarashimangiye ko banamwitiranya na Lieutenant Claude wavuzwe cyane mu bwicanyi mu mugi wa Kigali muri Jenoside.

Uyu munsi Umushinjacyaha yavuze ko uwo urukiko rufite uregwa ari Seyoboka Jean Claude kandi n’abamushinja bamuzi neza batamwitiranya n’undi uwo ariwe wese kuko harimo n’abari abaturanyi be, iwabo mu Kiyovu.

Seyoboka yavugiye mu rukiko ko imyobo abantu babona ku nyubako y’ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko ariwe wayicukuye kuko yarashishaga Katyusha Lance rocket 107mm arasa abasirikare b’inkotanyi bari bahari bari ku rugamba.

Umushinjacyaha yavuze ko imyitwarire ya Seyoboka mu Rukiko aho ngo yigambye anaseka avuga ko ari we warashe CND ari imyitwarire idakwiye mu rukiko ko akwiye kuyihagarika.

Umushinjacyaha yavuze ko Seyoboka adahakana ibyahaye ashinjwa ariko atagaragaraza impamvu zifatika zerekana ko atari we wabikoze cyangwa nta ruhare yabigizemo.

Yanavuze ko kuba mu bihe bishize yaragaragaye mu myigaragambyo muri Canada (aho yari atuye ari nacyo gihugu cyamwohereje) mu bamaganaga Leta y’u Rwanda ngo bigaragaza ko agifite ingengabitekerezo ya Jenoside.

Umushinjacyaha yavuze ko umwe mu bamushinja, Bizimana Jean wari burugumesitiri wa Komini Rugenge atamwibeshyaho kuko usibye na Seyoboka uyu yari anaziranye na se Damien Seyoboka wabaye umuyobozi mukuru wa MAGERWA.

Uyu mugabo w’imyaka 55 aregwa uruhare muri jenoside yabareye mu gace ka Rugenge k’umujyi wa KIGALI aho yari atuye aho ashinjwa kuba yari ayoboye imitwe y’interahamwe. Ibi byaha arabihakana uko byakabaye.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *