Rwanda: Umwana wimyaka 9 witwa Uwase Denise, arifuza ko Papa we yapfa bikarangira?

Uwase Denise ni umwana w’imyaka 9 y’amavuko yiga mu mwaka wa 4 w’amashuri abanza, uyu mwana w’umukobwa ni imfura mumuryango wabo, yarijije abantu benshi ubwo yatangaga icyifuzo asaba imana ko papa we, ngo aho kuguma aribwa n’umubiri yapfa bikarangira maze akaruhuka mu mahoro.

Uyu mwana abyarwa na, Mujawamariya clemantine, umugore wa sebarera vedaste. Aba bombi bafitanye abana bane.

Kugeza ubu, uyu muryango uri mu bukene bukomeye bwaturutse kuba umugabo yarafashwe n’uburwayi bataramenya ubwo aribwo, gusa bakavuga ko ntacyo batakoze ngo bamuvuze ariko bikananirana.

Ubwo umunyamakuru wa Afrimax TV ducyesha iyi nkuru yageraga muri uyu muryango yaganiriye n’abawugize harimo nuyu mwana w’umukobwa, maze amagambo yavuze atera abantu benshi agahinda.

Uyu mwana w’umukobwa yakomeje avugako iyo ari ku ishuri akibuka uburyo papa we yirirwa ataka ngo bituma ntakindi kintu yaba agifashe mu mutwe ngo ibitekerezo byose abyimurira mu rugo.

Akaba arinayo mpamvu uyu mwana avugako imana yabafasha maze papa wabo akipfira bikarangira.

Umunyamakuru amubajije impamvu yumva yahitamo ko papa we yapfa, yamusubije ko ari uko aba ababara cyane, ibyo rero uyu mwana akaba yumva byarutwa nuko yakipfira.

Mukankuranga violette ni nyirakuru w’aba bana. We avuga ko ababazwa n’abuzukuru be ngo kuko abona papa wabo agiye gupfa anamaze imitungo yari kuzarengera aba bana.

Yakomeje avuga ko atategeka imana ngo ariko nayo yakarebye icyabaruhura akaba aricyo ikora, ati: “Niba ari uwo gukira nakire kandi niba aruwo gupfa napfe birangire”.

Iby’ubu burwayi bwa vedaste bikomeje kuba amayobera kuko kugeza magingo aya bataramenya icyo arwaye icyo aricyo ariko bagakeka ko yaba ari kanseri yo mumaraso.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *