Tanzania: Perezida Suluhu mu nzira zo kuzimya umuriro Magufuli yasize yakije

Tundu Lissu umaze igihe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, yatangaje ko agiye gutahuka nyuma y’igihe yari amaze mu buhungiro ngo kuko ibiganiro aherutse kugirana na Perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan byamweretse ko yiteguye kumucungira umutekano.

Tundu Lissu usanzwe ari Umuyobozi wungirije w’Ishyaka Chadema, ni umwe mu bakandida bari bahanganye na Dr John Pombe Magufuli mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu 2020, birangira uyu mugabo atsinzwe ariko ntiyemera ibyayavuyemo.

Umwuka mubi hagati ye na Magufuli waje gutuma Tundu Lissu ahungira mu rugo rwa Ambasaderi w’u Budage muri Tanzania, kubera impungege yagaragaje ku mutekano we. Nyuma yaje kuva muri uru rugo ahungira mu Bubiligi.

Muri Gashyantare uyu mwaka ubwo Perezida Suluhu yari yitabiriye inama y’Ubumwe bw’u Burayi n’iy’ Afurika Yunze Ubumwe yabereye i Bruxelles, yagize umwanya wo kubonana n’uyu mugabo ndetse baraganira.

Mu kiganiro Tundu Lissu aherutse kugirana na Start TV, yavuze ko nyuma y’ibi biganiro yiteguye guhunguka.

Ati: “Kugeza ubu sinavuga ko turi kubara imyaka kugira ngo ntahe, ntabwo turi kubara amezi ahubwo turi kubara ibyumweru. Perezida Samia yansezeranyije gukemura ibibazo byanjye bijyanye n’umutekano kandi nizeye ko azabikora”.

Uyu mugabo yakomeje avuga ko mu biganiro yagiranye na Perezida Suluhu yabonaga ari umuntu umwumva kandi witeguye gufatanya na buri wese mu rugendo rwo kubaka igihugu.

Tundu Lissu yamaze igihe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Magufuli kuko yamushinjaga igitugu no guhonyora inzira ya demokarasi iki gihugu cyari kimaze kugeraho.

Mu 2017 uyu mugabo yarashwe n’abantu bitwaje imbunda, bataramenyekana n’ubu, ari hafi y’urugo rwe mu murwa mukuru Dodoma.

Byasabye ko abagwa kwa muganga muri Kenya no mu Bubiligi inshuro zirenga 20 kugira ngo akire.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *