U Budage bwisubiyeho kuri ibi bihano bikakaye byari byarafatiwe u Burusiya kubw’intambara bwashoje kuri Ukraine

Guverinoma y’u Budage yitandukanyije n’umugambi wo gukumira gaz na peteroli bituruka mu Burusiya, ivuga ko igihugu kibikeneye cyane ndetse ko mu gihe byagenda gutyo byahungabanya urwego rw’ingufu mu gihugu.

Itsinda ry’ibihugu rya G7 ku wa Gatanu ryasohoye itangazo risobanura gahunda yaryo yo gufatira u Burusiya ibihano bishya ndetse bikakaye kubera intambara bwashoje kuri Ukraine.

Minisitiri ushinzwe ubukungu mu Budage, Robert Habeck, yatangaje mu cyumweru gishize ko atazigera asaba cyangwa ngo ashyigikire ko gaz na peteroli byinjizwa mu gihugu bivuye mu Burusiya bikumirwa.

U Budage bwari buherutse gusoza ibikorwa byo kugenzura ubuziranenge bw’umuyoboro wa gaz ufite agaciro ka miliyari 11 z’amadolari wiswe ‘gazoduc Nord Stream 2’, wagombaga gutuma ingano ya gaz iva mu Burusiya ijya mu Budage yikuba kabiri.

Robert Habeck yavuze ko peteroli na gaz bituruka mu Burusiya biramutse bikumiriwe, umutekano w’igihugu mu by’ingufu wahungabana nk’uko ibitangazamakuru binyuranye byabigarutseho.

Ati: “Dukeneye kugerwaho n’izi ngufu kugira ngo ibiciro bidahungabana n’umutekano mu by’ingufu mu Budage ubungabungwe”.

Habeck yasobanuye ko u Budage bwatangiye kugerwaho n’ingaruka z’ibihano ibihugu byo mu Burengerazuba bw’isi byafatiwe u Burusiya kubera intambara iki gihugu cyashoje muri Ukraine ndetse izo ngaruka ziteye ubwoba mu nzego zitandukanye z’ubukungu bw’igihugu.

Umwaka ushize, u Budage bwinjije peteroli na gaz bifite agaciro ka miliyari 19,4 z’amadolari bivuye mu Burusiya, ni ukuvuga 59% by’ibyo bwinjije byose bivuye muri icyo gihugu.

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya aheruka gutangaza ko yahagaritse intambara by’agateganyo ku buryo abaturage ba Ukraine bashobora gutangira guhunga igihugu banyuze mu nzira bashyiriweho n’u Burusiya.

Ni icyemezo cyafashwe mu rwego rwo kureka abatuye imijyi ibiri irimo n’uherereye ku cyambu cya Mariupol ngo babone uko bahunga.

Ni inzira yashyizweho unyuze mu Nyanja ya Azov mu Mujyi wa Mariupol uri mu bilometero 110km uvuye mu mujyi wa Donetsk.

Indi nzira y’ubutabazi yashyizwe hafi n’Umujyi wa Volnovakha uyoborwa n’Abanya-ukraine, kandi u Burusiya bwatangaje ko inzira zitekanye zemeranyijweho na Ukraine.

Abayobozi b’u Burusiya n’aba Ukraine bongeye guhura ku nshuro ya kabiri mu biganiro bigamije kugarura amahoro kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Werurwe 2022 muri Belarus.

Meya w’Umujyi wa Mariupol Vadim Boychenko yavuze ko guhagarika intambara bizafasha mu kongera kuzahura ibikorwa by’ubucuruzi, bw’amashanyarazi, amazi ndetse na serivisi za telefoni.

Yavuze kandi ko abayobozi b’inzego z’ibanze batangira gushaka uburyo bwo kugeza ibiribwa n’ubundi butabazi bw’ibanze ku baturage.

Umwe mu Vanya-Ukraine wari uri mu itsinda ryakoze ibiganiro n’u Burusiya yemeje ko impande zombi zavuganye ku buryo bushoboka bwo kuba intambara yaba ihagaritswe by’agateganyo ku buryo abasivili babasha guhunga.

Umunsi wa 10 urihiritse u Burusiya bwinjiye muri Ukraine kandi kuva iyo ntambara yatangira, u Burusiya bumaze gutera ibisasu mu mijyi itanu ikomeye ya Ukraine Irimo Kyiv, Kharkiv, Mariupol, Berdyansk na Kherson.

Nubwo Ingabo n’abaturage ba Ukraine bari kugerageza kwirwanaho ntabwo bihagije mu mboni za Perezida Volodymyr Zelensky washinje ibihugu by’u Burayi na Amerika kuba ntacyo biri gukora.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *