U Bushinwa bwamaganye Amagambo aheruka gutangazwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Burusiya

Igihugu cy’ubushinwa cyamaganye ndetse gitesha agaciro amakuru yari yazanywe na America, yavugaga ko u Burusiya bwasabye u Bushinwa ubufasha bwa gisirikare no mu bukungu, mu ntambara buri kurwana muri Ukraine.

U Bushinwa bwahindukiye kandi bushinja America gukwiza amakuru y’impuha adafite ishingiro ndetse bwemeza ko izi mpuha za hato na hato zirimo gukomeza kwenyegeza ikibazo cya Ukraine n’u Burusiya.

Umutegetsi w’Ubushinwa yagize ati: “America ikomeje gukwirakwiza ibihuha biroga abantu, bivuga amakuru atandukanye y’ibinyoma agendanye n’u Bushinwa ku ntambara ya Ukraine”.

Ni ibyatangajwe na ambasade y’u Bushinwa mu bwongereza.

Bakomeje bavuga ko kugeza ubu u Bushinwa nta ruhande na rumwe muburyo bwo kurwana ahubwo buri gukorana ibishoboka byose ngo ibiganiro bya Ukraine n’u Burusiya byo guhagarika intambara bigende neza.

Bati: “Ikihutirwa ubu ni ugukora ibishoboka tukoroshya ikibazo gihari, igikenewe si ukwenyegeza umuriro uri kwaka n’ubundi”.

“Ubu turi gukora ibishoboka ngo ibiganiro bishyirwe imbere ntabwo dukeneye gukomeza ikibazo cya Ukraine n’u Burusiya kuko dushaka amahoro”.

Si u Bushinwa gusa kandi kuko mu ntangiriro ziki cyumweru ighugu cy’u Burusiya nacyo cyamaganiye kure Abanyamerika bari batangiye gukwirakwiza amakuru ko u Burusiya bwasabye u Bushinwa inkunga y’ubukungu ndetse n’iya gisirikare.

Nkaho bidahagije America yongeyeho ko u Bushinwa busa n’uburi kwemera ubusabe bw’u Burusiya ndetse ko mu gihe cya vuba bushobora gutanga ubwo bufasha.

Icyakora abahanga bavuga ko America yakoze ibi kuko yakekaga ko mu gihe u Burusiya bwakwifashisha u Bushinwa mu ntambara, imigambi yose ya America muri Ukraine yaba igenze nabi cyane, bityo bakaba barakoze ibyo bagamije gusa nk’abatanga gasopo ku bushinwa kuba butagomba kwivanga muri Ukraine.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *