Uganda: Inzego z’umutekano zatwitse ikirundo cy’imbunda zafatanywe abaturage nyuma y’Umukwabo ukomeye

Umuyobozi wungirije wa Polisi ya Uganda, Maj Gen Geoffrey Katsigazi yayoboye igikorwa cyo gutwika imbunda zakuwe mu baturage mu bice bitandukanye bya Karamoja, Rwenzori, Kampala n’ahandi.

Ni amakuru yatangajwe binyuze ku rukuta rwa Twitter rw’Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig Gen Felix Kulaigye.

Bivugwa ko inyinshi muri izi ntwaro zafatanywe abajura b’inka n’andi matungo bazengereje Amajyaruguru ashyira u Burasirazuba bwa Uganda, n’ibindi bice bihakikije.

Mu yandi makuru agezweho muri iki gihugu, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko bibaye ngombwa yakohereza ingabo mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique.

Ibi yabigarutseho mu kiganiro we na Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi uri mu ruzinduko rw’akazi muri Uganda bagiranye n’itangazamakuru.

Muri iki kiganiro Museveni yavuze ko Uganda isanzwe itera inkunga iri mu buryo bw’ibikoresho ku gisirikare cya Mozambique muri uru rugamba rwo kurwanya iterabwoba i Cabo Delgado.

Yakomeje avuga ko bibaye ngombwa Ingabo za Uganda nazo zishobora koherezwa muri uru rugamba.

Ati: “Turi gukorana bya hafi na Perezida Nyusi, buri gihe duhora twiteguye gukora igishoboka cyose ngo tubahagarike (ibyihebe). Iki kibazo cy’umutekano muke nikidakemuka tuzohereza n’ingabo”.

|Dufite ikibazo cy’umutwe umaze igihe uteza umutekano muke muri Cabo Delgado, si ibyo kwihanganirwa. Afurika y’Iburasirazuba igomba kugira icyo ikora nk’uko twabigenje muri Congo”.

Yakomeje avuga ko byashobokaga cyane ko Uganda yakohereza abasirikare muri Mozambique ariko ihitamo kubyihorera kuko yari ifite benshi muri Somalia na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Ati: “Twashoboraga kohereza ingabo muri Mozambique ubwo ikibazo cyatangiraga ariko ntabwo twemera kwiyerekana. Icyo twahisemo gukora ni ukohereza ibikoresho. Sinshaka kohereza abasirikare bake kugira ngo twerekane ko Uganda iriyo”.

“Ubu duhugiye muri Somalia, aho dufite abasirikare 600 ndetse na RDC aho dufite abasirikare 4000. Nabwiwe ko ikibazo kiri gukemuka ariko nikitarangira neza tukaba twararangije ibyo muri RDC, dushobora koherezayo abasirikare”.

Perezida Nyusi yavuze ko ubwo ikibazo cy’iterabwoba cyadukaga muri Cabo Delgado Museveni ari mu bantu ba mbere yabimenyesheje agira ubufasha agenera igihugu cye.

Yakomeje avuga ko kugeza ubu akazi kakozwe n’ingabo z’amahanga zirimo n’iz’u Rwanda kari gutanga umusaruro mu kugarura amahoro muri iyi ntara.

Ingabo za Uganda ziramutse zoherejwe i Cabo Delgado zasangayo iz’u Rwanda n’iza SADC zimaze igihe ziri mu rugamba rwo kurwanya umutwe w’iterabwoba wiyitirira Al-Shabab wari warateje umutekano muke muri iki gihugu.

Kugeza ubu ibice bigenzurwa n’ingabo z’u Rwanda byatangiye kugarukamo amahoro ndetse n’abaturage basubukura imirimo yabo ndetse hari n’amakuru avuga ko zatangiye gutanga umusanzu no mu bice bigenzurwa n’ingabo z’ibihugu byo muri SADC.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *