U Burusiya bwishe ’Umuzimu wa Kiev’ wari umaze guhanura indege zirenga 40 z’igisirikare cyabwo

Ingabo z’u Burusiya zishe umupilote w’imwe mu ndege z’igisirikare cya Ukraine wamamaye nk’umuzimu wa Ukraine, nyuma y’uko yari amaze guhanura indege zirenga 40 z’igisirikare cy’u Burusiya.

Uyu mupilote wiswe ’Umuzimu wa Kiev’ yatangiye kuvugwa cyane ku munsi wa mbere w’intambara y’u Burusiya na Ukraine, nyuma yo guhanura indege esheshatu z’u Burusiya mu munsi umwe.

Ku mbuga nkoranyambaga cyane urwa Twitter uyu mugabo yavuzwe imyato biratinda, gusa bamwe bakavuga ko akabirizwa kubera ibisa nk’ibitangaza yavugwagaho gukora.

Icyo gihe kuri Twitter hakwirakwijwe ifoto y’umupilote wambaye imyambaro ya gisirikare n’amadarubindi, gusa nta wabashije kubona isura ye.

Uyu wari wariswe ’umuzimu wa Kiev’ byamenyekanye ko ari umusirikare ufite ipeti rya Major witwa Stepan Tarabalka.

Yari afite imyaka 29 y’amavuko, ndetse anaba se w’umwana umwe. Stepan yatwaraga indege y’igisirikare cya Ukraine yo mu bwoko bwa MiG-29.

Ikinyamakuru The Times cyatangaje ko Umuzimu wa Kiev yishwe mu kwezi gushize ubwo iriya ndege yatwaraga yahanurirwaga ku rugamba n’Ingabo z’u Burusiya.

Mbere y’iminsi ibiri ngo uyu mugabo yicwe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine yari yashyize hanze ifoto ye ari mu ndege. Iyi foto yari iherekejwe n’amagambo aburira Ingabo z’u Burusiya ko uwazizengereje agiye kuzigarukira.

Tarabalka yavukiye mu gace ka Korolivka mu burengerazuba bwa Ukraine.

Yize ibya gisirikare muri Kaminuza ya Kharkiv, akaba yarasize umugore n’umwana w’umuhungu w’imyaka umunani y’amavuko.

Amakuru avuga ko ubwe yagize uruhare mu guhanura indege zirenga 40 z’u Burusiya.

Nyina umubyara witwa Nahtalia avuga ko akiri muto yakundaga kureba indege zo mu bwoko bwa MiG ziguruka hejuru y’iwabo, yiyemeza kuzaba umupilote wazo.

Nyuma yo gupfa Guverinoma ya Ukraine yamugeneye umudari uruta iyindi mu gihugu ndetse anashyirwa mu ntwari za kiriya gihugu.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *