Uganda: Umuhanzikazi Shebaah Karungi yashyize umucyo ku makuru amaze iminsi avugwa ko atwite anakomoza ku cyamubabaje

Shebaah Karungi uzwi nka Queen Sheebah ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda birakwirakwiza ko yaba atwite, ariko uyu muhanzi we arabihakana. 

Ibitangazamakuru byo muri icyo gihugu byatangaje ko amakuru ava ku muntu uzi neza Sheebah Karungi yemeza ko nta gitaramo na kimwe ateganya kuzaririmbamo kugeza muri Nzeri na nyuma yo kubyara. 

Nubwo aya makuru akomeza kugenda avugwa ariko uyu muhanzikazi we arabihakana akavuga ko uko bamubona bagatekereza ko yaba atwite atari byo ko ari ukubera umubyibuho. 

Nubwo abantu benshi bamaze iminsi bihwihwisa ko uyu muhanzikazi atwite, bije nyuma y’amagambo yatangaje avugako ntakimwirukansa kugira ngo abayare, kandi yagite ati “mvira mu ntanga, nzabikorera igihe nzaba nafashe umwanzuro” asubiza umunyamakuru. 

Kuva yabitangaza ntabwo arahabwa agahenge n’abakunzi be. 

Ubwo yabitangazaga mu mwaka wa 2022 mu mashusho yagaragaye yagize ati: “sinshaka gushyingirwa, sinshaka ku kubeshya”abwira umunyamakuru. 

Yabajijwe niba afite gahunda yo kuzabyara atarongowe, yasubije ko ku bwe yizera ko hari umugabo uhari utekereza nkawe kandi ko igihe baba bahuye bazagira gahunda. 

Yakomeje avuga ko azabona umugabo umwumva kandi witeguye kuhaba ku bwe, ashimangira ko hari abagabo badashaka gushyingirwa ariko bakunda abagore babo n’iyo baba baratandukanye na bo.  

Ati: “Buri mugore afite umugabo agenewe kandi najye hari umugabo umeze nkanjye uzantwara.” 

Yavuze ko akenshi abantu bakunda kwibasira ibyamamare bibaza igihe bizabyarira, asaba  ko bakwiye kureka icyo gitutu  abagore bakihitiramo igihe cyo kubyara.  

Yavuze kandi ko abavuga baba batazi ibyo bari gucamo, ko atari urugamba rwabo cyane ko hari n’igihe aba amaze n’imyaka 40 agerageza. 

Ku bwe, ibyo ni ibibazo byoroshye bitagomba kubazwa abantu utazi kuko utamenya icyabuza umuntu gushaka cyangwa kubyara. 

Yavuze ko bishobora kuba bidashoboka kubyara cyangwa gushyingirwa. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *