Umubare w’abasirikare b’Abarundi baguye mu gitero cya Al-Shabaab ukomeje gutera urujijo

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko abasirikare bayo 10 baguye mu gitero umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab wagabye ku birindiro byabo muri Somalia mu ntangiriro z’iki Cyumweru.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Burundi, Floribert Biyereke, yavuze ko uretse aba bapfuye, iki gitero bagabweho kuwa Kabiri tariki 3 Gicurasi 2022 cyanakomerekeje abasirikare 25, mu gihe Al-Shabaab yo yapfushije abarwanyi 20.

Umubare w’abasirikare b’Abarundi baguye muri iki gitero ukomeje gutera urujijo kuko umubare watangajwe na Floribert Biyereke utandukanye n’uwatangajwe n’ibinyamakuru mpuzamahanga birimo n’Ijwi rya Amerika.

Kuwa 4 Gicurasi 2022 iki kinyamakuru cyasohoye inkuru ivuga ko abasirikare b’Abarundi 30 aribo baguye muri iki gitero abandi 20 barakomereka. Ku ikubitiro ngo hahise hapfa 10 mu gihe abandi bapfuye nyuma bitewe n’ibikomere.

Ijwi rya Amerika ryavuze ko aya makuru riyakesha umwe mu bayobozi b’u Burundi utarifuje ko imyirondoro ye ijya hanze.

Iki gitero nicyo gikomeye Al-Shabaab yagabye ku ngabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika muri Somali mu myaka irindwi ishize.

Kugeza ubu cyamaze kwamaganwa n’abayobozi batandukanye barimo Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ndetse n’Umuyobozi wa Komisiyo ya AU, Moussa Faki.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *