Umugabo ari mu bitaro nyuma yuko yishe umugore we amuziza kumwangira ko batera akabariro nawe agashaka kwiyahura?

Umugabo witwa chalres soglo w’imyaka 31 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Ghana, kuri ubu ari mu bitaro nyuma yo kwica umugore we wanze ko batera akabariro, yarangiza nawe akirasa mu kiganza.

Ni nyuma yuko uyu mugabo yagerageje kwiyahura ubwo yaramaze kurasa umugore we witwa Doris Amoah, w’imyaka 22 y’amavuko wanze ko batera akabariro n’umugabo we.

Uyu mugabo yarashe umugore we ariko amakuru avuga ko uyu mugore kubw’amahirwe niya pfuye.

Uyu mugabo akimara kubona ko umugore we atapfuye yahise afata umwanzuro wo kwirasa nawe acika intoki ebyiri yirasa no mugituza.

Abatabaye baje kumujyana kwa muganga nawe atarapfa.

N’umugore we nawe yahise ajyanwa kwa muganga igitaraganya, ndetse uwatanze amakuru akomeza avuga ko ubu ari kwitabwaho n’abaganga nubwo uyu mugore amerewe nabi cyane.

Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Takyi Adansi Fomena, yemeje aya makuru.

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru ryo muri iki gihugu, Takyi Adansi Fomena yagize Ati: “Charles Soglo yirashe amaboko atakaza intoki ebyiri arasa no mu gituza”.

“Umugore we yari yajyanywe mu bitaro ubwo itsinda ry’abapolisi ryageraga aho, Abo bapolisi bajyanye ukekwaho icyaha mu bitaro”.

Uyu mugabo Polisi yo muri iki gihungu yamusaganye imbunda nini isanwe ikoreshwa mu guhiga inyamaswa, akaba ariyo yakoresheje agerageza guhitana ubuzima bwumugore we.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *