Umugabo ufite ubugabo bunini ku isi yatangaja abareba TV ubwo yabwerekanaga mu kiganiro cyatambukaga imbonankubone.

Umugabo uvuga ko afite “ubugabo bunini ku isi” yatunguye abatari bacye barebaga televiziyo mu kiganiro cyitwa “This Morning” ubwo yerekaga abari bayoboye icyo kiganiro, Phillip Schofield na Josie Gibson ifoto itomoye y’ubugabo bwe kuri iki kiganiro cyari imbonankubone (live).

Umukinnyi wa filime z’urukozasoni, Jonah Falcon, ukomoka i New York, avuga ko ubugabo bwe bupima santimetero 34.29 mu gihe bwahagurutse.

Abayoboye ikiganiro, Phillip na Josie bagerageje gusobanura ubunini bw’ubugabo bw’uyu mugabo ku bari bakurikiye iki kiganiro babugereranya n’ibintu bitandukanye.

Ariko uyu mukinnyi Jonah Falcon yatangaje abarebaga ikiganiro nyuma yo gufata icyemezo cyo kwereka abari bakiyoboye ishusho nyayo y’ubugabo bwe.

Nyuma yo kugerageza gusobanura ingano y’ubu bugaboo bwe, Jonah yabwiye abayoboraga ikiganiro ati:

“Iyi ni iyanyu gusa, ntabwo rero ari ngombwa gukomeza gukora ibyo byose mugerageza gusobanura ingano”.

Bombi bumiwe maze Phillip aratangara ati: “Umuriro utazima! Turagushimiye. Ukoze neza!”

Abarebaga ikiganiro bahise berekeza kuri Twitter kugirango batange ibitekerezo kuri ayo mashusho y’ubugabo bwa Jonah Falcon.

Hari uwanditse kuri Twitter agira ati: “Mpinduye kuri TV none @Schofe ari kuvuga ku byerekeranye n’urubiringanya, uburebure n’ubunini bwarwo. Noneho umusore yerekanye ifoto… hanyuma nsoma umutwe… ‘mfite ubugabo bunini ku isi’“.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

 

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

https://youtu.be/wB8OZhhjjiE

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *