Umugabo wange ubu yateye inda abakobwa bose banyambariye mu bukwe. Inkuru y’uyu mugore yatangaje benshi.

Uyu mugore wasabye ko imyirondoro ye idashyirwa hanze, avuga ko afite imyaka 32 ndetse akaba afite abana batatu. Uyu mugore wiyemerera ko abaye murugo rwiza rutunze avuga ko uru rugo ubu kuriwe rurutwa na gereza nyuma yuko arugiriyemo agahinda kenshi cyane. 

Ngo yagize agahinda kenshi ubwo yatahuraga ko umugabo we aryamana n’abakobwa bose bamwambariye (bari bamugaragiye) mu bukwe bwe ndetse ko bose yamaze kubatera inda uko ari bane. 

Kuri ubu avuga ko akimara kumenya ayo makuru yakubiswe n’inkuba ndetse akabura icyo gukora kuko abo bakobwa yabafataga nk’inshuti ze magara ndetse ko yajyaga abasangiza byinshi ku buzima bwe bwo murugo.  

Uyu mugore yanagiye kure abwira aba bakobwa ukuntu umugabo we ari igihangange mu gutera akabariro, ibyo byanatumye umwe muribo agira amatsiko atangira koherereza utumesaje uwo mugabo. 

Bwa mbere akimara kumenya iby’ubutumwa umwe muri abo bakobwa yandikirana n’umugabo ngo ntabwo yabigize birebire kuko yumvaga ari ukuganira bisanzwe, biturutse ku kuba yarabizeraga cyane abo bakobwa ndetse abafata nk’abavandimwe be.  

Gusa ngo byaje guhindura isura ubwo umwe muribo yatwara inda, byakomeje kandi kumubana amayobera akomeye kurushaho ubwo abo bakobwa uko ari bane bose batwaraga inda mu gihe kimwe. 

Amaze kumenya neza ko ari umugabo we wabateye inda, ngo yaramwegereye amubwira agahinda ke, umugabo arabyemera ndetse anasaba imbabazi ashikamye avuga ko yaryamanye nabo kuko bamuraruye ariko atabakundaga.  

Uwo mugabo yakomeje abwira umugore we ko bidakwiye ko batandukana kuko amukunda cyane. Uyu mugore rero ninaho yahereye asaba ko bamugira inama bitewe nuko ubu nawe ubwe atwite umwana wa kane, bivuze ko umugabo we afite abantu batanu bose bamutwitiye. 

Ari wowe wamugira iyihe nama? 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *