Umugabo wari umaze imyaka 31 afunzwe arengana yarakatiwe burundu yagizwe umwere ararekurwa

Umunyamerika wakatiwe igifungo cya burundu arengana mu myaka 31 ishize yarekuwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Mata 2020.

Thomas Raynard James w’imyaka 55 yahamijwe icyaha cy’ubwicanyi mu gihe cy’ubujura buciye icyuho mu 1990 i Miami, hashingiwe ku buhamya bw’umuntu umwe wavugaga ko yabyiboneye. Uyu yemeye ko “yibeshye”.

Ikinyamakuru cyo muri Amerika, The New York Times, cyanditse ko mu iperereza ry’abapolisi ku bwicanyi bwakorewe mu nzu mu 1990, amakuru yerekeranye ko iperereza kuri Thomas James cyangwa Tommy James ryageze kuri Thomas Raynard James, icyo gihe wari ufite imyaka 23.

Ifoto y’Umunyamerika w’inzirakarengane yaje kwemezwa n’uwabyiboneye, nyuma James akatirwa gufungwa burundu.

Usibye ubuhamya, nta bimenyetso bifatika byahuzaga uyu mugabo, cyangwa undi muntu uwo ari we wese, n’ubwicanyi.

Dorothy Walton, umutangabuhamya ukomeye n’umukazana w’uwahohotewe, wari mu nzu biba yagize ati: “Nzi neza ko ntazigera nibagirwa isura ye n’amaso ye”.

James ubwe ariko, yahakanye icyaha kuva ku ikubitiro avuga ko atigeze agera mu nzu ivugwa nk’uko iyi nkuru dukesha RTBF ikomeza ivuga.

James n’umuryango we bamaze imyaka ibarirwa muri za mirongo mu nzira zo gushaka uko yarekurwa ariko ibyo bagerageje byose birananirana.

Muri iyo myaka ishize, umutangabuhamya yatangiye gushidikanya ku byo yavuze mu buhamya bwe arangije yemera ko yakoze “amakosa”.

Nk’uko ubushinjacyaha bubitangaza, iperereza ryerekanye ko “Thomas Raynard James ari umwere mu by’ukuri”. Igihano cye rero cyateshejwe agaciro ararekurwa.

Umushinjacyaha w’akarere ka Miami, Katherine Fernandez Rundle, yavuze ko ari “urubanza rubabaje rwo kwibeshya ku mwirondoro”.

Umwirondoro w’umwicanyi wa nyawe ntabwo wigeze umenyekana.

Thomas Raynard James, ubu warekuwe kandi wagizwe umwere, arateganya gushinga umuryango wo gufasha abakatiwe barengana.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *