Mino Raiola ukurikirana inyungu za Paul Pogba, Ibrahimović na Haaland yabitswe ko yapfuye kandi ari muzima?

Mino Raiola ushinzwe inyungu z’abakinnyi bakomeye mu mupira w’amaguru barimo Paul Pogba, Zlatan Ibrahimović na Erling Haaland yabitswe ko yapfuye ku myaka 54, mu gihe akiri muzima nubwo arembye.

Raiola yashyizwe mu bitaro muri Mutarama aza gusezererwa, ndetse yaherukaga kubagwa nk’uko amakuru ava mu Butaliyani abyemeza.

Ntabwo uburwayi bwe bwatangajwe.

Mu gihe ibinyamakuru byinshi kuri uyu wa Kane byatangazaga ko uyu mugabo yapfuye, yaje gutangazwa ko akiri muzima. Gusa ararembye.

Ku rukuta rwe rwa Twitter yasohotse ubutumwa buvuga ko binyuze mu magambo, abantu bamaze kumwica inshuro ebyiri mu mezi ane ashize.

Ati: “Bisa n’aho nshobora kuzuka”.

Dr. Alberto Zangrillo ukorera muri San Raffaele Hospital mu mujyi wa Milan, yatangaje ko arimo gutungurwa n’abarimo kumubaza niba koko Raiola yapfuye.

Yavuze ko bakomeje “gukwiza ibihuha ku mugabo ukomeje kurwana n’ubuzima”.

Ni umwe mu bakomeye bakurikirana inyungu z’abakinnyi mu mupira w’amaguru. Abandi bakinnyi Raiola afasha barimo Romelu Lukaku, Mario Balotelli, Marco Verratti na Henrikh Mkhitaryan.

Mu masezerano yafashije abakinnyi gusinya ku mafaranga menshi harimo ayo Paul Pogba yasinye mu 2016, ubwo yavaga muri Juventus asubira muri Manchester United kuri miliyoni £89. Bivugwa ko uyu mugabo ubwe yishyuwe miliyoni £20.

Afasha kandi Matthijs De Ligt wo muri Juventus na Gianluigi Donnarumma wo muri Paris Saint Germain.

Muri iki gihe arimo gushakira amakipe mashya Haaland wo muri Borussia Dortmund ushobora kujya muri Manchester City yo mu Bwongereza, na Pogba ushobora kujya muri Paris Saint Germain.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *