Umugabo yataye ubwenge ajya muri Koma nyuma yo gusambanywa ku ngufu n’abagore babiri icyarimwe

Ku mbuga nkoranyambaga hasakajwe amakuru n’ifoto by’umugabo wo muri Zimbabwe kuri ubu urimo ararwana n’ubuzima aho bivugwa ko ari muri koma, nyuma yo gushimutwa no gufatwa kungufu agasambanywa n’abagore babiri.

Raporo yerekana ko uyu mugabo ari mu bitaro aho arimo ararwana n’ubuzima bwe nyuma yo gushimutwa agahatwa ibiyobyabwenge maze agafatwa ku ngufu mbere yo kujugunywa ku muhanda n’abagore babiri bari bamaze kumusambanya.

Nk’uko polisi ibitangaza, ibyabereye muri kimwe mu bigo by’ubucuruzi.

Nk’uko byatangajwe n’igipolisi: “Urega yavuye mu rugo nijoro gufata umugore we wari kwa nyirasenge mu gace batuyemo”.

“Urega yagiye gutega bisi aho zihagarara ku kigo cy’ubucuruzi cya Mukwena aho yuriye Mazda Verisa yera yari irimo abantu batatu; abagore babiri bicaye imbere n’umugabo wari ku ntebe y’inyuma”.

Igihe bari mu nzira, imodoka yahise ifata ikindi cyerekezo.

Ati: “Urega yabajije aho bari kumujyana, umushoferi amubwira ko ashaka kubanza gusiga umwe muri bagenzi be. Nyuma yo gutwara urugendo rurerure, umushoferi yarahagaze, ahagarika imodoka ahantu hitaruye ku muhanda wa kaburimbo werekeza kuri Dora Business Centre”.

Umupolisi yagize ati: “Urega yatangiye gukeka ikibi maze agerageza kuva mu modoka, ariko umugabo wari wicaye iruhande rwe amufata mu rukenyerero”.

Nubwo umugabo yagerageje kwirwanaho, umwe mu bagore yahise asohora imbunda.

Ati: “Yamutegetse gutuza mbere yo kumutera urushinge rw’ibintu bitazwi ku itako ry’iburyo. Yahise ata ubwenge ku buryo atibuka uko byagenze nyuma, basimburanaga bamusambanya ari nako bamukubita”.

Polisi ikomeza igira iti: “Ntabwo byumvikana ukuntu urega yaje gusubira mu kigo cy’ubucuruzi cya Mukwena, ariko nyuma yaje kugarura ubwenge ho gato maze abwira umuzamu waho ibyamubayeho”.

“Yinginze umuzamu guhamagara umuvandimwe we kwihutira kuza aho ari. Umuvandimwe we yaraje maze amujyana ku bitaro bya Victoria Chitepo”.

Biravugwa ko uyu mugabo yataye ubwenge kandi ko atongeye kubugarura kuva yagezwa mu bitaro, kandi isuzuma ry’ubuvuzi ryamukorewe ryerekanye ko yafashwe ku ngufu agasambanywa.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *