Ikipe ya Rayon Sports yafashe icyemezo cyo kwirukana umutoza Masudi Djuma?

Amakuru yaramutse avugwa kuri uyu wa Kabiri aravuga ko ikipe ya Rayon Sports yafashe icyemezo cyo kwirukana umutoza wayo, Masudi Djuma, kubera umusaruro mubi.

Ni nyuma y’uko iyi kipe ikomeje kwitwara nabi muri shampiyona, dore ko iri ku mwanya wa kane n’amanota 11 mu gihe imaze gukina imikino irindwi ya shampiyona.

Ubushobozi bw’umutoza Masudi bwatangiye gushidikanywaho ubwo yatsindwaga na APR FC ibitego 2-1, bikomereza ku mukino Rayon Sports yatsinzemo bigoranye Etoile de l’Est igitego 1-0; mbere yo kunganya ibitego 2-2 na Espoir FC no gutsindwa na Kiyovu Sports ibitego 2-0.

Amakuru ducyesha ikinyamakuru BWIZA avuga ko icyemezo cyo kwirukana Masudi Djuma cyafashwe ejo ku wa Mbere, nyuma y’inama ya Komite nyobozi ya Rayon Sports yateranye.

Iyi Komite ngo yafashe icyemezo cy’uko igomba kwishyura Masudi amezi atatu y’umushahara (biri mu masezerano y’uko aramutse yirukanwe kubera umusaruro mubi yahembwa amezi atatu) n’ibindi byose bamugomba bihwanye na Frw miliyoni 5, ubundi bagatandukana ku neza.

Cyakora cyo ngo impamvu iyi kipe itahise itangaza ko Masudi batandukanye ni uko itarabona umusimbura we by’agateganyo, dore ko agomba kujyana na Dusange Sacha wari umwungirije.

Andi makuru avuga ko kuri ubu Komite ya Rayon Sports iri kuvugana n’umutoza wungirije wa AS Kigali, Jimmy Mulisa, kugira ngo aze gufatanya na Romami Marcel kuza kuyitoza.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *